• Gushyingura mu irimbi i Nyagatare birahangayikishije

    Nyagatare: Babangamiwe n’ibiciro bihanitse by’amarimbi

    Bamwe mu baturage mu Karere ka Nyagatare bavuga ko babangamiwe bikomeye n’ibiciro byo gushyingura mu irimbi rusange, kuko ngo biri hejuru bikaba bituma bamwe bahitamo gushyingura ahatemewe cyangwa abandi bakagurisha imitungo kugira ngo babone ubushobozi bwo gushyingura.



  • Izi nka zibwe muri Uganda zizanwa mu Rwanda

    Nyagatare: Babiri bafatanywe inka 39 bikekwa ko zibwe muri Uganda

    Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Mutarama 2023, Police ikorera mu Karere ka Nyagatare, yafashe Tuyisenge Hassan w’imyaka 24 w’Umunyarwanda na Nabasa Ezra w’imyaka 32 y’amavuko w’Umugande, bafite inka 39 bikekwa ko zibwe mu Gihugu cya Uganda.



  • Guverineri Gasana yasabye aborozi kubona inka nk

    Inka ikwiye kuba iy’ubucuruzi aho kuba iy’umuco - Guverineri Gasana

    Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Emmanuel K. Gasana, arasaba aborozi guhindura imyumvire bakava mu bworozi bushingiye ku muco n’urukundo, ahubwo bakorora bagamije ubucuruzi.



  • Bakeneye imashini ifite imbaraga yumisha umusaruro w

    Nyagatare: Bakeneye imashini ifite imbaraga yumisha umusaruro w’ibigori

    Umuyobozi wa kompanyi Nyagatare Maize Processing/UNICOPROMANYA, Twizeyimana Jean Chrysostome, avuga ko bakeneye imashini yumisha umusaruro w’ibigori ifite imbara, hagamijwe gufasha abahinzi n’uruganda rusya kawunga, kugira ngo umusaruro rwakira ube ufite ubuziranenge, bakaba bafite ikizere ko bazayibona muri 2024, n’ubwo (…)



  • Nyagatare: Umugabo yamennye ibirahure by’imodoka ebyiri

    Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 05 Mutarama 2023, umugabo utaramenyekana umwirondoro we, yamenaguye ibirahure by’imodoka ebyiri zitwara abagenzi akoresheje amabuye ariko nta mugenzi wakomeretse, bigakekwa ko yaba afite uburwayi bwo mutwe.



  • Ukekwaho ubujura yafungiranywe mu nzu bayimushakiyemo baramubura

    Bamwe mu baturage b’Umudugudu wa Barija B, Akagari ka Barija, Umurenge wa Nyagatare, baribaza niba umuntu bikekwa ko yari umujura agakingiranwa mu nzu, niba yari umuntu nyawe cyangwa igini kuko inzego z’umutekano zahageze zikamushakira mu nzu zigaheba, ntihaboneka n’aho yaciye agenda mu gihe n’inzu yari igoswe.



  • Ndagijimana yazindutse adoda inkweto nk

    Nyagatare: Hari abizihije ubunani bari mu mirimo isanzwe

    Umunsi Mukuru utangira umwaka wa 2023, bamwe mu baturage ba Nyagatare bahisemo kuwutangirira mu mirimo isanzwe, kuko ngo kuwutangira udakora ari ukwikururira ubunebwe n’ubukene.



  • Ibiciro bihanitse: Imbogamizi mu kwizihiza Noheli

    Mu gihe mu Rwanda kimwe n’ahandi hirya no hino ku Isi bizihiza iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, bamwe mu baturage bavuga ko iyi minsi mikuru batarimo kuyizihiza neza kubera ibiciro by’ibiribwa bihanitse.



  • Ababanza ibumoso ni abayobozi ba Nyagatare, abakurikiraho ni aba Tanzania bitabiriye igikorwa cyo guhererekanya izo nka

    U Rwanda rwashyikirije Tanzania inka zari zibweyo

    Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Ukuboza 2022, ku mupaka wa Rusumo, Akarere ka Nyagatare kashyikirije ubuyobozi bwa Tanzania inka 11 zafatiwe mu Rwanda bikekwa ko zibwe umworozi wo muri Tanzania.



  • Bamwe mu bahinga umuceri bavuga ko igiciro ari gito bagereranyije n

    Abahinzi b’umuceri bakiriye bate igiciro fatizo cyashyizweho?

    Bamwe mu bahinzi b’umuceri bagaragaje ko batanyuzwe n’igiciro fatizo cy’umuceri udatonoye giherutse gutangazwa na Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda. Ni igiciro inganda zitunganya umuceri zitagomba kujya munsi zigurira umuhinzi umusaruro we.



  • Gutera imiti ku nkuta hanze biri mu birinda abantu kurumwa n

    RBC irashaka uburyo abantu barindwa imibu ibarumira hanze y’inzu

    Umuyobozi wa gahunda yo kurwanya Malariya mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), Dr Aimable Mbituyumuremyi, avuga ko hagiye gushakishwa ubundi buryo bwunganira ubwo gutera imiti yica imibu mu nzu no kuryama mu nzitiramibu, ahanini hagamijwe kurinda abarumwa n’imibu bari hanze y’inzu zabo.



  • Hatewe ibiti by

    Nyagatare: Abanyarwanda baba mu mahanga bateye ibiti kuri hegitari 15

    Itsinda ry’Abanyarwanda n’inshuti zabo z’Abanyamahanga baturutse mu bihugu byo ku mugabane wa Afurika, u Burayi, Amerika na Asia, bifatanyije n’abaturage b’Umurenge wa Karangazi, Akagari ka Nyagashanga mu gutera ibiti ku buso bwa hegitari 15.



  • Urubyiruko rusanga ukunda ubuzima atatinya kugura agakingirizo

    Rumwe mu rubyiruko mu Karere ka Nyagatare ruraburira bagenzi babo batinya kujya kugura udukingirizo ngo batitwa abasambanyi, ko ibyo ari ubujiji no kudakunda ubuzima bwabo.



  • Abantu bafite ubumuga batatu borojwe inka

    Abafite ubumuga barashishikariza bagenzi babo gukora cyane

    Abafite ubumuga mu Karere ka Nyagatare basaba bagenzi babo gukora bakiteza imbere kuko ubushobozi babufite aho gusabiriza. Bimwe mu bikorwa bishimira bagezeho harimo ubworozi, ubukorikori n’ibindi.



  • Nyagatare: Umugabo akurikiranyweho gusambanya abana 11 mu kwezi kumwe

    Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), tariki ya 20 Ugushyingo 2022 rwafunze umugabo w’imyaka 32 y’amavuko, akaba akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana cumi n’umwe (11), harimo abana b’abahungu icumi (10) n’umukobwa umwe (1).



  • Ibitaro bya Gatunda

    Yitabye Imana amaze umwaka mu bitaro yarabuze ubushobozi bwo kwivuza

    Niyonizera w’imyaka 18 y’amavuko wari umaze umwaka mu bitaro bya Gatunda i Nyagatare kubera imvune y’umugongo, yitabye Imana nyuma yo kubura ubuvuzi kubera ubushobozi buke bw’umuryango we.



  • Poste de santé ya Gakagati bifuza ko yagirwa ikiho nderabuzima

    Bakomeje gusaba ko ivuriro ry’ibanze bubakiwe rihindurwa Ikigo Nderabuzima

    Abaturage b’Akagari ka Rutungo na Cyamunyana mu Murenge wa Rwimiyaga mu Karere ka Nyagatare, bivuriza ku Ivuriro rito rya Gakagati, bavuga ko hashize imyaka irindwi bizezwa ko rizaba Ikigo Nderabuzima ariko ntibikorwe, bikabagiraho ingaruka zirimo kubyarira mu ngo.



  • Kayonza: Hagiye kubakwa uruganda rukora foromaje mu mata y’inyambo

    Umuyobozi w’Akarere ka Kayonza, Nyemazi John Bosco, avuga ko muri Werurwe 2023, imirimo ya mbere y’uruganda ruzakora foromaje mu mata y’inyambo izaba yatangiye.



  • Nyagatare: Barindwi bafunzwe bakekwaho kwiba mudasobwa 45

    Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rwimiyaga, Bagabo Anthony, yemeza ko abantu barindwi (7) bamaze gutabwa muri yombi barimo bakekwaho kwiba mudasobwa 45 n’ubwo zose zagarujwe, agasaba Kompanyi zicunga umutekano kujya zitanga amakuru hakiri kare ku bujura buba bwakorewe aho barinda.



  • Nyagatare: Abatuye ahitwa Shimwapolo bubakiwe isoko rya kijyambere

    Abaturage b’Umudugudu wa Nkoma ya kabiri (Shimwapolo), Akagari ka Nyamirama, Umurenge wa Karangazi, barishimira ko babonye isoko rya kijyambere kuko ibicuruzwa byabo bitazongera kunyagirwa.



  • Barishimira ko begerejwe amazi meza batandukana n

    Barishimira ko begerejwe amazi meza batandukana n’ay’ibishanga

    Abaturage b’Utugari twa Musenyi, Nyamirama na Nyagashanga mu Mmurenge wa Karangazi, barishimira amazi meza begerejwe kuko bagiye kujya bavoma ku mafaranga 25 ijerekani imwe, mu gihe ubundi ayo mu bishanga cyangwa ibidendezi by’amazi (Valley dams), bayaguraga kuri 200 ku batabashije kwigirayo.



  • Nyagatare: Abayobozi b’Amasibo bashyiriweho indangamanota mu kwesa Imihigo

    Abayobozi b’Amasibo mu Murenge wa Karangazi bashyiriweho indangamanota igaragaza uko bagenda besa Imihigo kandi amanota bakayahabwa n’abaturage bayobora. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Karangazi, Mutesa Hope, avuga ko iyi ndangamanota iba iriho imihigo y’ubukangurambaga ireba Mutwarasibo (Umuyobozi w’Isibo) (…)



  • Cyarikora Rosette

    Nyagatare: Asubiye mu ishuri nyuma y’imyaka 30 arivuyemo

    Cyarikora Rosette, umubyeyi w’imyaka 47 y’amavuko asubiye mu ishuri nyuma y’imyaka 30 atiga, ahubwo yita ku bana be batanu n’urugo rwe muri rusange ndetse akaba afite intego yo kwiga agasoza kaminuza.



  • Nyagatare: Pro-Femmes yateye inkunga y’asaga miliyoni 35 abahoze muri magendu

    Impuzamiryango Pro-Femmes Twese Hamwe ivuga ko mu Karere ka Nyagatare mu Mirenge ine ihana imbibi na Uganda imaze gutera inkunga imishinga y’abagore bahoze bakora magendu, Amafaranga y’u Rwanda asaga Miliyoni 35.



  • Abahagarariye inzego z

    Abayobozi basabwe gushyira umuturage ku isonga mu bikorwa ntibibe mu mvugo

    Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe imibereho myiza, Murekatete Juliet aributsa abayobozi mu nzego z’ibanze ko gushyira umuturage ku isonga bikwiye kuba mu bikorwa aho kuba mu mvugo, bakabakemurira ibibazo kuko iyo bidakozwe vuba bibadindiza mu iterambere.



  • Ababyeyi barasabwa kwihutira gusubiza abana ku ishuri

    Nyagatare: Abana bangana na 2% ntibarasubira ku ishuri

    Ababyeyi mu Karere ka Nyagatare barasabwa kujya bohereza abana ku ishuri hakiri kare, kuko kubasibya no gutinda kubasubizayo bishobora kubaviramo guta ishuri.



  • Nyagatare: Nzaramba ashimira DASSO yamwubakiye inzu yo kubamo

    Umuhuzabikorwa w’Urwego rwunganira Akarere ka Nyagatare mu gucunga umutekano Faustin Mugabo avuga ko n’ubwo bahura n’abaturage kenshi bari mu byaha, bitavuze ko babanga ahubwo ngo bakwishimira ko bafite imibereho myiza.



  • Hari abaretse ibirego by’ihohoterwa kubera gusiragizwa mu nkiko

    Bamwe mu bana basambanyijwe bagaterwa inda bavuga ko kubura amikoro yo kubageza mu Bugenzacyaha no gusubika imanza z’ababahohoteye bituma ababahohoteye badahanwa.



  • Dr Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali

    Banki ya Kigali yemereye abikorera b’i Nyagatare imodoka

    Umuyobozi wa Banki ya Kigali (BK), Dr Diane Karusisi, yemereye abikorera b’i Nyagatare imodoka mu gihe baba bashyize mu bikorwa umushinga mugari bafite wa Laboratwari igendanwa y’ubuvuzi bw’amatungo.



  • Nyagatare: Bashishikarijwe gusaba inguzanyo muri Banki ya Kigali

    Umuyobozi wa Banki ya Kigali, Dr Diane Karusisi, yasabye abaturage b’Akarere ka Nyagatare kwifashisha amahirwe bahawe bakaka inguzanyo z’ubuhinzi n’ubworozi kuko kuba bari ku kigero cya 0.3% ku nguzanyo zatswe mu Gihugu cyose ari nk’igisebo mu gihe Akarere gakungahaye mu buhinzi n’ubworozi.



Izindi nkuru: