• Banki Nkuru y’u Rwanda yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda za Miliyari icumi Frw

    Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yashyize ku isoko impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyari 10 Frw, zizamara imyaka 10.



  • Mzee! Ndagukunda cyane - Mbabarira twifotozanye - Abafana bahagaritse Perezida Kagame bafata Selfie

    Perezida Paul Kagame yashubije icyifuzo cy’abafana bari baje bamukurikiye bashaka ko bifotozanya, abaha umwanya wo gufata ifoto neza nk’uko babishakaga.



  • Dore umutetsi kabuhariwe w’ibiryo byo ku Muhanda

    Ahantu hitwa Muthu Dosa Corner i Dadar muri Mumbai hamaze kumenyekana kubera “Rajnikant Style Dosa.”



  • Ibyo wamenya kuri Africa CEO Forum igiye kubera mu Rwanda

    Africa CEO Forum ni imwe mu nama zikomeye cyane muri Afurika, ihuza abakuru b’Ibihugu, za Guverinoma, abayobozi b’ibigo bikomeye (CEOs), abashoramari, amabanki, n’inzego mpuzamahanga.



  • Umunsi w’abagore utandukaniye he n’uwa nyina w’umuntu?

    Buri mwaka ku Isi hizihizwa iminsi ibiri itandukanye ariko yose ihuriye ku bagore, ku buryo hari benshi bashobora kuyitiranya. Buri ku wa 8 Werurwe, ibihugu byinshi byo ku Isi byizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore (Women’s Day), mu gihe buri ku cyumweru cya kabiri cya Gicurasi, ahenshi bizihiza Umunsi Mpuzamahanga (…)



  • Minisitiri Balaam Barugahara ushinzwe Urubyiruko n

    Burya ngo Internet ya Uganda ntiyakuweho na Leta, ’Yagonzwe n’ubwato’

    Amatora ya Uganda yarangiye, Yoweli Kaguta Museveni yegukana intsinzi, kandi inkuru z’imigendekere y’amatora nazo zirakomeje.



  • Ubuyapani: Umugabo yarusimbutse ubwo bashakaga kumwica bamuhora kugona

    Mu Buyapani, umusore w’imyaka 18, akaba umunyeshuri mu mashuri yisumbuye, yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano akurikiranyweho gushyira uburozi mu byo kurya bya nyirarume agamije kumwica, kubera ko atari agishoboye kwihanganira urusaku rwo kugona kwe.



  • U Burusiya : Umugabo ahindura izina buri mwaka kugira akwepe inshingano z’urugo

    Roman Korenev, umuyobozi wa serivisi y’abahuza (bailiffs) bashinzwe gukusanya indezo zo kwita ku bana mu gace ka Tyumen mu Burusiya, aherutse gutangaza rumwe mu manza zamutangaje cyane mu zo amaze kubona mu mwuga we.



  • Aya ni amareshyamugeni

    Aho ntiwibwiraga ko Fanta Orange na Citron zikorwa mu mbuto?

    Hari abantu bajya bibwira ko ibinyobwa bidasembuye (sodas) byo mu bwoko bwa Fanta (Orange na Citron) bikorwa mu mbuto z’amaronji (Fanta Orange), n’indimu kuri (Fanta Citron), nyamara si ko bimeze.



  • Wari uzi ko hari imvugo zishobora kugufungisha ugira ngo ni ibikino?

    Uko imyaka ishira indi igataha, ni ko umuco n’ururimi bigenda bihinduka bitewe na politiki n’imiyoborere by’igihugu, biba bigamije imibereho myiza y’abaturage nta busumbane hagati y’abagore n’abagabo, abakobwa n’abahungu. Ni yo mpamvu hari amagambo n’imvugo bitandukanye bigenda bicika mu rurimi, bimwe ndetse bikaba byafatwa (…)



  • Dore ibikoresho byo kumva umuziki byavuye ku isoko

    Uko iterambere rikomeza kugenda rihindura isura kugira ngo rigendane n’ibihe, hari ibikoresho bimwe na bimwe biva ku isoko, ibindi bikaburirwa irengero burundu, bitewe n’uko abahanga muri byo baba bifuza ko abantu barushaho kubikunda no kubikoresha bitabagoye.



  • Ubuki butavangiye ntibupimishwa ijisho

    Kumenya ubuki nyabwo si ibya buri wese

    Muri iki gihe ubuzima bukomeza kugenda buhenda, ari na ko abantu bakomeza kuvumbura amayeri yo gushaka ifaranga, biragoye kwemeza niba ikiribwa, ikinyobwa cyangwa igikoresho runaka uguze ari icy’umwimerere keretse iyo cyakorewe ubugenzuzi n’ababifitiye ububasha n’ubumenyi.



  • Dore icyo wakora mu gihe uhagamwe n’ihwa ry’ifi

    Amafi cyangwa se amasamaki ni amafunguro akundwa n’abantu benshi, cyane cyane abaturiye amazi aho amafi aboneka mu buryo bworoshye kandi kenshi, gusa hari n’abayakunda nubwo byaba bibasaba kujya kuyagura ku isoko kure, kubera gusa ko bayafata nk’inyama nziza ku mubiri wabo, kuko avugwaho kuba agira amavuta macyeya (…)



  • Uruhara ruterwa n

    Dore ibishobora gutuma umuntu azana uruhara

    Hari ibintu byinshi bishobora gutuma umusatsi upfuka cyangwa bikagira uruhare mu gutuma umuntu azana uruhara. Bishobora guturuka ku miterere y’umubiri, imirire, imisemburo, imiti cyangwa se uruhererekane mu miryango (heredity).



  • Si byiza gukoresha telefone iri ku muriro

    Ingaruka zo gukoresha telefone iri ku muriro no kuyishyira mu mufuka

    Abantu batunze telefone zigendanwa, hari abo usanga bakunda kuzikoresha igihe barimo kuzisharija, abandi bagahitamo kuzireka batiri (battery) ikabanza ikuzura umuriro 100%. Ese gukoresha telefone igihe iri ku muriro hari ikibazo?



  • Isaha isigaye ari icyambarwa cy

    Menya inkomoko y’isaha no kubara igihe

    Inkomoko y’isaha umuntu ashobora kuyirebera mu myaka isaga ibihumbi bitatu (3000). Uburyo bwa mbere buzwi bwakoreshwaga mu kugereranya igihe, kwari ugushinga inkoni mu butaka igihe harimo kuva izuba, no gukurikirana uko igicucucucu cyayo kigenda cyimuka uko umunsi ugenda ushira.



  • Kubura ibitotsi igihe kirekire ni bibi ku buzima

    Dore ibyo abakunze kubura ibitotsi bagombye kwitaho

    Ikibazo cyo kubura ibitotsi gikunze kubaho ku bantu benshi mu gihe runaka cy’ubuzima bwabo, rimwe na rimwe bigakemuka vuba, umuntu akongera kujya asinzira uko bisanzwe, ariko hari nubwo icyo kibazo kigera aho kikaba icy’igihe kirekire ku muntu, bitewe n’impamvu zitandukanye nk’uko bisobanurwa na Dr Faith Orchard, inzobere mu (…)



  • Siporo ni ingenzi ku bagore batwite

    Dore ibyiza byo gukora imyitozo ngororamubiri ku bagore batwite

    Bamwe mu bagore batwite ndetse n’imiryango yabo, ngo bakunze guhura n’ikibazo cyo kwibaza niba byaba byiza gukora imyitozo ngororamubiri mu gihe batwite, rimwe na rimwe ababegereye bakababwira ibitandukanye. Hari abavuga ko siporo ari nziza, abandi bakavuga ko itemewe ku batwite, ibyo bitekerezo binyuranye bikabashyira mu (…)



  • Dore ibyiza byo kugendagenda gato nyuma yo gufungura

    Hari abantu bagira umuco wo kugendagenda cyangwa se gutembera gato n’amaguru, nyuma yo gufata amafunguro yabo bagamije kugira ngo igogora ry’ibyo bariye rigende neza, ariko ubushakashatsi bwerekana ko kugendagenda nyuma yo gufata amafunguro, bigira ibyiza bitandukanye, byagombye gutuma n’abadasanzwe babikora batangira (…)



  • U Buhinde: Umugore arashinja umugabo we kumuharika injangwe

    Mu Buhinde, Urukiko rwitwa Karnataka High Court, rwakiriye ikirego cy’umugore ushinja umugabo we kuba akunda injangwe ye ndetse akayitaho kurusha uko amukunda, ndetse ko atamwitaho nk’uko yita kuri iyo njangwe.



  • Abazi Gen Muhoozi bavuga ko yakuze atinya Imana nk

    Gen Muhoozi Kainerugaba ni muntu ki?

    Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), General Muhoozi Kainerugaba, ni umuhungu w’imfura wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni na Janet Kataaha. Yavukiye mu buhungiro ku itariki 24 Mata, 1974 i Dar es Salaam muri Tanzania.



  • Kurya vuba vuba umuntu ntakanjakanje neza ibyo arya bigira ingaruka zirimo no kurwara Diyabete

    Kurya vuba vuba bishobora gutera indwara zirimo na Diyabete

    Kurya vuba vuba, umuntu ntagire umwanya wo gukanjakanja neza, ubushakshatsi bwagaragaje ko bigira inguruka ku mubiri kuko bishobora kuba intandaro yo kurwara indwara zitandukanye harimo na Diyabete yo mu bwoko bwa 2 ndetse n’umuvuduko w’amaraso ukabije bijyana no kugira ibiro byinshi.



  • Hari ubwoko bubiri bw

    Menya itandukaniro ry’ibirahure birinda telefone kumeneka

    Kubera ko telefone zigezweho zizwi nka smart phone zikoze mu buryo zishobora kwangirika ubusa, abazikoze bateganyije n’ibirahure byo kuzirinda (screen protector), kugira ngo zidashwaraduka cyangwa zikaba zameneka igihe zituye hasi zikazamo imitutu ituma ikirahure kidakora neza.



  • Menya amagambo bavuze bwa nyuma (IGICE CYA KABIRI)

    Muri iki cyegeranyo, harimo amagambo ya nyuma n’ubutumwa bwasizwe n’abantu b’ibyamamare babayeho mu buzima butandukanye, aribo: Mahatma Gandhi, Edson Arantes do Nascimento (Pelé), Nelson Mandela na Kobe Bean Bryant.



  • Hagiye kuba ubwirakabiri bw

    Hagiye kuba ubwirakabiri bw’ukwezi buzatuma gutukura

    Ikigo cya Leta zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe Ubumenyi bw’Isanzure (NASA), cyatangaje ko mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira ku wa Gatatu tariki 17-18 Nzeri 2024, hazaba ubwirakabiri bw’ukwezi.



  • Utuntu n’utundi: Dore amagambo bavuze bwa nyuma (IGICE CYA MBERE)

    Iki ni icyegeranyo ku magambo yavuzwe na bamwe mu bantu b’ibyamamare babayeho mu buzima butandukanye, uhereye ku bavugwa mu iyobokamana, muri filimi, muri politike, mu mikino n’imyidagaduro, abahanzi n’abandi. Ni amagambo bavuze mu minota ya nyuma y’ubuzima bwabo, hari n’abo habaga habura gato ngo bashiremo umwuka.



  • Kuki benshi bakunda urusaku rw’imvura – Ubushakashatsi

    Iyo imvura irimo kugwa umuntu aryamye haba ari ninjoro cyangwa ari ku manywa ku buryo urusaku cyangwa ijwi ry’imvura rikugeraho, usanga abantu benshi bagubwa neza no kuryumva, ndetse bamwe bigatuma babasha gusinzira bitabagoye, bitandukanye n’igihe barimo kumva andi majwi asakuza.



  • Ishyaka rya FPR-Inkotanyi

    Dore ibisobanuro by’ibirango by’amwe mu mashyaka ya Politiki yemewe mu Rwanda

    Amashyaka ya Politiki mu Rwanda agira ibirango bitandukanye birimo Ibendera, ibimenyetso ndetse n’intero abarwanashyaka bahuriraho.



  • Menya impamvu imbwa zizunguza imirizo

    Uburyo imbwa zizunguza umurizo bushobora kugira ibisobanuro bitandukanye. Mu gihe injangwe zigaragaza uko zimerewe zikoresheje uburyo bwo guhirita, imbwa zo zibanda cyane ku gukoresha umubiri wazo nk’uko byemezwa n’ikinyamakuru Psychology Today.



  • Sobanukirwa n’ibimenyetso biboneka ku myambaro y’abapadiri

    Hari abakunda kwibaza ku myambaro y’Abapadiri bo muri Kiliziya Gatolika, ibisobanuro by’amabara yayo, igihe yambarirwa, ndetse n’ibirango biyiriho. Kigali Today yegereye Padiri Nkundimana Theophile, ushinzwe ibya liturujiya muri Arikidiyosezi ya Kigali maze abitangaho ibisobanuro mu buryo burambuye.



Izindi nkuru: