Gura itike yo kwitabira igitaramo Kigali dutarame, wishyure ukoresheje ikarita iyo ari yo yose ya @BankofKigali maze uhabwe igabanyirizwa rya 25%đ„.
Umuhanzi Davido aragaruka gutaramira i Kigali ku wa Gatanu tariki 05 Ukuboza 2025.
Inzoga imenyerewe kandi ikunzwe cyane mu Rwanda (MĂŒtzig), yasinye amasezerano yâubufatanye nâumuhanzi Chriss Eazy nkâumu-ambasaderi mushya uzajya wamamaza ibikorwa byayo.
Kigali yinjiye mu gihe gishya cya tagisi (Taxi voiture) vatiri zâamashanyarazi, nyuma yâuko NCBA Bank Rwanda na Kabisa bafatanyije gutangiza Umurabyo, imodoka nshya yâabatwara abagenzi ihendutse kandi ifite intego.
Imihindagurikire yâibihe ni kimwe mu bibazo byâingutu bihangayikishije Isi nâabayituye bitewe nâuburyo igenda igira ingaruka zitandukanye zirimo nâizigera ku bikorwa byâubuhinzi nâubworozi.
Kigali, Rwanda, kuwa 09 Nyakanga, 2025 â Ikigo cyâIgihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ryâibikomoka ku buhinzi nâubworozi (NAEB), Ihuriro ryâabohereza ikawa mu mahanga bakanayitunganya (CEPAR) hamwe na One Acre Fund-Tubura, basinye amasezerano yâimikoranire, agamije kwegereza abahinzi bâikawa ifumbire.
Ntibikiri ngombwa gutakaza igihe nâamafaranga yâurugendo. MySol yashyiriyeho abakiriya uburyo bahabwa amakuru kuri serivisi zayo bitabaye ngombwa ko bagera ku mashami yayo.
Sosiyete ya âHotpoint Appliances (Rwanda) Ltdâ, icuruza ibikoresho bitandukanye cyane cyane ibikoresha amashanyarazi mu Rwanda guhera mu 2010, yafunguye iduka ryayo rinini mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali.
Ku wa 20 Kamena, abakozi bâIkigo Mpuzamahanga cyâUbutwererane cya Koreya (KOICA) mu Rwanda bakurikiye ubuhamya bwâAbakorerabushake nâibigo bakoreramo mu guteza imbere imibereho myiza yâabanyarwanda mu nzego zinyuranye zirimo uburezi, ubuzima ndetse nâiterambere ryâikoranabuhanga nâurubyiruko.
Umwandi Mukuru aramenyesha abantu bose ko yasabwe kongera kwandika mu gitabo cyâamasosiyete iyitwa Blue Star Technology.
Engie Energy Access Rwanda yongeye korohereza Abakiriya bayo nâAbanyarwanda muri rusange kubona telefoni zigezweho, kandi badahenzwe.
Niba urambiwe koga cyangwa gukoresha amazi akonje mu rugo rwawe cyangwa mu bucuruzi bwawe, Engie Energy Access Rwanda igufitiye ibikoresho bishyushya amazi bikoresheje imirasire, kandi ukabigura udahenzwe, kuko wakwishyura no mu byiciro.
TECNO Rwanda yamuritse telefone za CAMON 40 Series zifite bateri (Battery) ifite ubushobozi bwo kumara imyaka itanu itarahindurwa kandi ikora neza.
Sosiyete yâUbwishingizi ikorera mu Rwanda, MUA Insurance, yatangije serivisi yitwa MUA Femme itabara byihuse abagore bagize ikibazo cya tekiniki yâibikoresho bitandukanye bari mu kazi cyangwa igihe imodoka yaheze mu muhanda, aho basabwa guhamagara nimero itishyurwa 2323.
Ikigo gicuruza interineti, Broadband Systems Corporation (BSC), cyamurikiye abakiliya bacyo ikoranabuhanga rya Interineti bashobora gukoresha mu rugo ryitwa HOME NET ryashyizwe ku mugaragaro muri poromosiyo yiswe "Ni ĂHAP CHAP".
Mu ishuri rikuru rya INES Ruhengeri ku wa 31 Mutarama hashojwe amahugurwa ajyanye no guteza imbere ikoranabuhanga mu micungire yâubutaka (Digital Transformation and Land Administration), mu rwego rwo kurushaho kunoza serivise zâimikoreshereze myiza yâubutaka.
Uwitwa Nkundakozera FĂ©licien na Twagirimana Anne Marie batuye mu kagari ka Gati, Umurenge wa Muyira mu karere ka Nyanza, ni bamwe mu baturage bahawe imbabura zirondereza ibicanwa hamwe nâumuriro wâamashanyarazi uturuka ku mirasire yâizuba, kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukuboza 2024.
Sosiyete yâItumanaho ya Airtel yatangije uburyo bwo guhamagara bwiswe Voice Over 4G(VoLTE) hakoreshejwe murandasi yâikiragano cya kane(4G), aho kuba uburyo busanzwe bwâamayinite bukoresha 2G.
Ku itumanaho rigezweho kandi ryihuta, Infinix Rwanda yasohoye telefone zigezweho za Hot 50 Series zâumubyimba muto kurusha izindi kandi zikoresha ikoranabuhanga ryâubwenge buhangano rya AI.
Hirya no hino mu Mujyi wa Kigali haje sitasiyo (Electric Vehicle Plug-in/EVP) zisharija ibinyabiziga bitwarwa 100% nâamashanyarazi, aho moto ihabwa umuriro ku mafaranga 1,680Frw ikagenda ibirometero hafi 100 utarashiramo(urugendo rwo kuva nkâi Kigali ujya i Huye).
Tombola ishinzwe guteza imbere Siporo mu Rwanda âInzozi Lottoâ, iratangaza ko igiye kujya iha amahirwe yo gutsinda, abantu baje ku mwanya wa kabiri bakegukana amafaranga batsindiye, igihe tombola ya Impamo Jackpot izajya iba yabuze umuntu wabaye uwa mbere.
Ikigo Nyafurika gicuruza ifatabuguzi rya Televiziyo (DStv) ku bufatanye nâIshyirahamwe ryâUtubari, Amahoteli nâAbacuruzi bâinzoga za likeri (BAHLITA), batangiye kwereka abantu amashene ya televiziyo aberanye nâaho buri muntu aherereye, bitandukanye nâayo abantu bari mu rugo basanzwe bareba.