Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1305 )

Kuzagya menya amakuru ya turere du tandukanye
Murwanda

Zirimwabagabo Simeon form rusizi rwanda logo bishop yanditse ku itariki ya: 15-08-2020

mutubarize meya wa gisagara aho gahunda yo kubaka umuhanda save-gisagara aho bigeze cg niba ubushobozi ntabwo kuko bimaze igihe kinini cyane murakoze

sinat sigat yanditse ku itariki ya: 13-08-2020

murakoze cyane

morning yanditse ku itariki ya: 5-08-2020

Gushaka akazi

Alias yanditse ku itariki ya: 4-08-2020

Mutubarize Meya wa Rusizi
Impamvu utundi turere badufungurira injyendo Rusizi bigakomeza kuba icyibazo kuko sinako karere
Ko nyine gakora kumi paka kuburyo ariko gahaha indwara nyinshi kdi arahemukira abaturajye bahahiraga hanze ya karere

AYobahorana Joseph yanditse ku itariki ya: 30-07-2020

Mwaramutse?mubyukuri nagahinda ni shavu kuka Rere ka Rusizi kumva katava mukato abaturage bitugiraho ingaruka;Zikomeye cyane none rero reta nikiteho. Byumwihariko gafashwe gufata ingamba zitanga igisubizo kubaturage murakoze.

AYobahorana Joseph yanditse ku itariki ya: 30-07-2020

Mutubarize meya wa kayonza impamvu aba maso bubatse amashuri yo murisite yakageyo rwisirabo na ndago muka wa2015 2017 zirimumurenge wa mwili impamvu batishyurwa

Shyirakera yanditse ku itariki ya: 24-07-2020

Mutubarize uwitwa Claudine Uri Ku acting kumwanya w’ushinzwe abakozi mu karere ka Karongi hamwe na executif w’akarere ukuntu abantu bakoze examen z’akazi murwego rw’ubuzima results zikaba zarasohotse kuwa 06/03/2020 abatsinze bagasabwa gutanga dossiers none bakaba bagejeje iki gihe nta mabaruwa barahabwa ahubwo barangiza bagasohora itangazo mukwezi kwa gatandatu bavuga ngo habaye ikibazo mumashusho .kuki badafata umwanzuro ngo birangire?numero za Claudine ni 0788512257.murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 19-07-2020

Nkeneye kubona shortliste yi myanya kukazi kubwarimu muri primary murakoze 🙏🙏

Liliane Uwimbabazi yanditse ku itariki ya: 10-07-2020

Gukubita no gukomeretsa Ni icyaha si igihano,ntabwo witwaza ububasha nyafite ngo bahohotere Abo bashinzwe,nibahamwa nicyaha bazabihanirwe rwose,n’abandi bibabere isomo.Murakoze!

Hungurimana Donatien yanditse ku itariki ya: 6-07-2020

NDIFUZA KUMENYA MUNARA YIBURASIRAZUBA MUKARERE KANGOMA

PATIRICE yanditse ku itariki ya: 2-07-2020

Ndashimira mayor wa Karere kacu ka Bugesera na Gitif w’umurenge wa Nyamata kuruhare rukomeye n’imbaraga bakoresha mugukumira covid 19 .

Twagirimana jean de Dieu yanditse ku itariki ya: 23-06-2020

karongi harabarwayi ba covid 19 ngo bahabonetse kuruyumunsi?

Emmanuel yanditse ku itariki ya: 6-06-2020

Muraho,hari inkuru nasomye kurubuga rwanyu, ivuga hejuru y’ubuhinzi nubutubuzi bw’imbuto bukorwa na FAIM Rwanda mukarere ka Rwamagana, nifuza kuhakorera urugendo shuri, nkaba mbasaba kumfasha mukampa contact zabo cg basi mukampuza nano. Mbaye mbashimiye murakoze.
Theophile

Theophile yanditse ku itariki ya: 4-06-2020

Murakoze cyane ko mudahwema kutugezaho amakuru y’Akarere kacu, mutubarize aho umushinga wo kugeza amashanyarazi mu murenge wa Kibangu ugeze.

Mu by’ukuri abanyakibangu turi mu icuraburindi, ntitubasha kubona aho twacaginga telefone zacu, kwiyogoshesha, gufotora ibyangombwa,.....

Muturwaneho kuko dukeneye kwiteza imbere.

IYAKAREMYE Emmanuel yanditse ku itariki ya: 2-06-2020

Mukarere ka ngoma nagobubahiriza gahunda yagapfuka munwa.

Kombozi yanditse ku itariki ya: 28-05-2020

Ibyo yakoze ntibyari ngombwa byibuze iyaba aretse covid19 Ikarangira kuku ibibihe turimo birakaze.murakoze

Niyomugabo Methode yanditse ku itariki ya: 14-05-2020

iyaba retse covid 19 ikabanza ikavamo.

Niyomugabo Methode yanditse ku itariki ya: 14-05-2020

Mutubarize impamvu Mu karere ka burera amasoko atakigira ahantu abantu bakarabira intoki nyuma yuko imirimo isubukuwe. Murakoze!

Alias yanditse ku itariki ya: 10-05-2020

Mfite ikibazo,hari umusaza witwa MIRI Jean,watsindiye ubutaka buhererye mu kagai ka Gatobotobo umudugudu w’Agasharu umurenge wa mbazi mu karere ka Huye,ariko yajyanye amarangiza rubanza ngo akorerwe ibyangombwa bye nyuma yo kwishyura amafaranga ya mutation 2018 ariko umukozi ushinzwe iby’ubutaka mu murenge wa mbazi afatanije n’ab’akarere baramusiragije kugeza ubu nta Gisubizo arabona guhera urubanza rwarangizwa 2014 .ikibabaje n’ugusiragizwa no kudakemurirwa ikibazo .kdi umuyobozi w’akarere,umurenge ndetse n’abaturage bose barabizi.ariko ushinzwe ubutaka ku murenge wa mbazi kubera amakosa yakoze kuri ubwo butaka ntashaka kugira icyo abikoraho ahubwo aba yasuzuguye abamugana.Mwadufasha rwose
Tel ya MIRI Jean ni izi:0781141736/0727458610
Mwamuvuganira agahabwa uburenganzira bwe kuko birababaje guhera muri za 2005 umuntu asiragizwa!

Elias yanditse ku itariki ya: 5-05-2020

Nifuza kubaza uko Prof. Nshuti Manasseh azarahizwa. Ubundi ntibisaba ko bikorerwa imbere y’inteke ishingamategeko? Kandi nabwo mugihe kitarenze iminsi 5? Murakoze.
Muzehe

Muzehe yanditse ku itariki ya: 1-05-2020

Ni nuru i Rubavu dukunda amakuru muduha

Nuru rwanda yanditse ku itariki ya: 30-04-2020