Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1305 )

muraho basomyi mbandikiye mbasaba
nkukomudahwema kutugezaho amakuru yuturere ndetse nayigihugu murirusange ndagirango mumanuke mugere no mutugali nka kagali ka kakabura ko kabuze iki ngo abaturagebaho babone umuhanda mwiza n’umuriro?
doreko amazi yo akomeje kuba ikibazo ubu utuzu twamazi twatonzeho ibyatsi kdi mbere baravomaga mugiye
namwe mwahakura amakuru mukirebera.

patrick yanditse ku itariki ya: 17-01-2013

Mutubarize uko abaturage bo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Rilima tuzamera batubujije guhinga kubaka no kwikorera ibikorwa byadufasha batubwira ngo bagiye kuhashyira ikibuga kindege none amaso yaheze mukirere. Nonese ko leta yaje ikabarura imitungo yacu ikadufotora tugasinyira amafaranga kandi tutayabona ubwo tuzabigenze gute? Mutubarize ababishinzwe kuko turi mugihirahiro rwose.

KARINDA John yanditse ku itariki ya: 11-01-2013

Nkunda cyane amakuru mutugezaho nifuzaga kubasaba ko mwagerageza mugasura umurenge wa MASAKA kuko ubuhari ikibazo gikomeye kimihanda ubu itakiri nyabagendwa,
abaturage bakaba bibaza impamvu ubuyobozi ntacyo bukora kuriki kibazo,
doreko Masaka ariho hari n’ibitaro by’Akarere ka Kicukiro, ubu kubigeraho bikaba bitoroheye abaturage,
mbashimiye ukomwakira icyifuzo cyanjye.
Murakoze akazi keza.

NIYONSENGA ERIC yanditse ku itariki ya: 9-01-2013

Amasengesho yose ni meza iyo ntakibi kiyihishe inyuma icyo umuntu wese yakwemera apfa kuba kimufasha mu imibere3ho ye.Aba bajya gusenga bahagera bagakundana,baruta abava gusenga bagsohoka baryana bapfa uko Imana yabaremye.Agahugu umuco wako kuko hari ibihishe tuzagenda duhishurirwa.Mukomere!

nzeyimana yanditse ku itariki ya: 6-01-2013

muraho yiyo ntekere ku karere karubavu birambabaza cyne ese sabanyarwanda gishwati mwahaye abaturage bayivanwamo none ituwe ninguzu abandi bajya congo bakongera bakagaruka arumpunzi ubuhunzi harya ngo bwarashyize ahaaa gusa Imana izabidufashamo twajye mugihugu kitaricyacu reka dutegereze gakondo IMana izaduha

ingendo capa yanditse ku itariki ya: 2-01-2013

IZONTORE,ZIJYEZIBYAZWUMUSARURO KUKOZITAWUBYAJWE BIJYABIRANGIRIRAHO. KANDI NIBONGUFUZ’URWANDA

ndahiro Theos yanditse ku itariki ya: 18-12-2012

ndunva nkuko muri intumwa zarubanda ndagirango muzatubarize mukigo gishinzwe umutekano cyitwa topsec ukuntu gitinda guhemba abantu cyagafata nabi abakozi babo nkubu mwahagera mukirebera

yanditse ku itariki ya: 17-12-2012

Rulindo nihembe abobantu kabisa bararenganye.uzi kwitanga ugakora uzi ko uzahembwa,hanyuma ugategereza ugaheba?ibaze noneho warafashe ideni ry’ibyo kurya ngo uzishyura wahembwe ? amezi angana atyo ntiyashira bataraguta kumunigo too!! nyabuna abavuga rikijyana nimubafashe,dore ko jyewe nanjye ntako nimereye!!

kamali yanditse ku itariki ya: 11-12-2012

ndashima ubuyobozi bw’umurenge wa Runda kuko ahitwa ku Ruyenzi ho haba hari abantu benshi baza gushakayo akazi baturutse hirya no hino abenshi bahafata nk;i kigali kubera ibikorwa by;iterambere bihari.

claude yanditse ku itariki ya: 11-12-2012

Abakoze umurimo w’ikusanyamibare kumirimo ikorerwa mukarere ka rulindo,baratabaza ngo leta ibarenganure:ngo hashize amezi atatu batarabahemba,amafaranga bakoreye kandi baribarabasezeranyije kubaha1/2 cy’umushshara nyuma y’icyumweru cy’akazi,none dore amezi abaye atatu nta n’iritoboye barabona.birababaje pee!!

MUNYAKAZI Prince yanditse ku itariki ya: 11-12-2012

mbabwire nyagatare abaturange baho baracari muri nyakatsi pee! urugero rwimiyaga,karangazi yewe tabagwe ahaa! kwiyemera barabizi

ben yanditse ku itariki ya: 6-12-2012

mbabwire nyagatare abaturange baho baracari muri nyakatsi pee! urugero rwimiyaga,karangazi yewe tabagwe ahaa! kwiyemera barabizi

ben yanditse ku itariki ya: 6-12-2012

izonka bavuga abasilikare nibo bazifashe,kugira uvuge
gutwo zimaze igihe kinganaiki? Ese babara ziriye,?NDONGERA MBAZE NABASIRIKATRE BANYAZWE cg nabaturage?

yanditse ku itariki ya: 6-12-2012

igitekerezo kuvugagutso bishatse kuvugiki mubyukuri njewe ndi umucuruzi nkaba nifuzako abasirikare na abapolice bu rwanda twaza dutanga ukotwifite rwose badutabara kenshi badukiza amabandi bagahosha imidugararo ndetse nibindi..............,ntavuze

uwimbabazi yanditse ku itariki ya: 6-12-2012

kuki komisiyo y’abadepite (pak)ikurikirana abanyereje umutungo warubanda yemera ibyo abayobozi basobanura,bamwe babesha ngo n’ubuswa bw’abakontabure;abandi ngo ntibazi za logiciel;ubwo se abo baswa ko buri munsi bakoresha ibizamini bafata abatabizi kubera iki?bazadusobanurire amafaranga bamaze kugaruza.fdl igomba gukurikiranwa aho itera iva muri congo;turambiwe intambara n’uduteroshuma.

mudasaba jean yanditse ku itariki ya: 5-12-2012

WISHIMAGIZA GICUMBI,UZIKO HASHIZE HAFI AMEZI ABIRI YARANANIWE GUSHYIRA ABA CANDIDATES BARENGA 20 MUMYANYA YABO KANDI AMANOTA YOSE YARASOHOTSE.

yanditse ku itariki ya: 5-12-2012

INKURU ZANYU TURAZISHIMIRA ARIKO BISHOBOTSE MWAGABANYA AMAKOSA M’UBURYO ZIBA ZANDITSWE.Thank you very much.

yanditse ku itariki ya: 29-11-2012

Porisi yigihu turashimira umutekano mumuhanda arko zebra closing abamotari bameze nabi kko ahokuguha akayira ucyizwa nogusimbuka hakaba igihe ugwa mumodoka ihaguru kire akokantu murakoze

Munyentwali eugene yanditse ku itariki ya: 20-11-2012

nyamasheke bahisemo neza pe. urebye ukuntu amashyirahamwe yateje umugi wa karongi imbere munyubakire mugihe gito birashimishije.babirahure

mumu yanditse ku itariki ya: 15-11-2012

turatabariza ubuyobozi bwite bwa leta kugarukira abaturage batuye umurenge wa bugarama mu karere ka rusizi bitewe nimvura yaguye yangiza umuhanda ndetse nimiceri mu gishanga cya bugarama!!

baby yanditse ku itariki ya: 10-11-2012

ndashimira abateye inkuga igikorwa cyo gufasha abasenyewe na Burehe.

TUYIZERE Charles yanditse ku itariki ya: 9-11-2012

Iri soko rya Bikingi mu murenge wa Bigogwe ubanza uwize iryo soko atari yabitekerejeho kuko yarishyize hirya cyane ya kaburimbo ahubwo azana iry’inka arishyira kumuhanda bazabigurane inka zijye hirya isoko nrize kumuhanda rizahita ryitabirwa.Nibitabako bazihanganire igihombo cy’amafranga yaryubatse

frederic yanditse ku itariki ya: 6-11-2012