U Burundi bwihariye amapaji y’ibinyamakuru muri aka karere mu mpera z’iki cyumweru, bukaba bwaje buzanye amakuru agaragaza urugero rwa (…)
Mu murenge wa Jarama mu karere ka Ngoma inkuba yakubise abaturage 18 maze icyenda muri bo bahita bitaba Imana.

Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
Ikipe y’ingabo z’igihigu APR FC yatsinze Bugesera FC ibitego 2 - 1 mu mukino w’umunsi wa 14 wa Rwanda Premier League bituma ikomeza gusatira (…)
Gasogi United yongeye gutakaza amanota, Al-Hilal ikomeza kwigira imbere nyuma yo gutsinda ikipe ya Gicumbi.
Nyuma yo gusinyisha myugariro ukomoka mu gihugu cya Congo, Rayon sports yasinyishije na Kwizera Olivier.
Ruhango: Ibyakozwe 2025 ni umusingi w’ibya 2026