Ku munsi wa 5 w’irushanwa rya Tour du Rwanda,Debesay Mekseb ukinira Bike Aid abaye uwa mbere akoresheje ibihe bimwe na Nsengimana Bosco uyoboye urutonde
Ibiro bya Polisi mpuzamahanga [INTERPOL] muri Espagne byohereje ubutumwa mu bihugu 190 iyo polisi ikoreramo bihagarika ikwirakwizwa ry’inyandiko zita muri yombi abasirikari 40 b’u Rwanda.
Umunyarwanda Nsengimana Bosco yegukanye umwanya wa mbere kuva i Kigali kugera Musanze,ahita akomeza kuyobora urutonde rusange rwa Tour du Rwanda 2015.
Abakorerabushake batangiye gushyikiriza amakarita y’itora abaturage no kwandika abagejeje igihe cyo gutora kuri lisiti, kugira ngo batazacikanwa n’amatora y’inzego z’ibanze.
Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyafashe toni 10 z’ikawa yaguzwe mu Rwanda, ijyanywe mu gihugu cya Ugande mu buryo bwa magendu.
Umunyarwanda yegukanye agace ka kabiri ka Kigali - Huye, mu marushanwa ya Tour du Rwanda ari kubera mu Rwanda.
Ku munsi wa kabiri wa Tour du Rwanda,umunya Eritrea Debesay Mekseb ukinira Bike Aid yo mu Budage niwe wegukanye umwanya wa mbere
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Fidel Ndayisaba, aratangaza ko abatuye uyu mujyi badakwiye guhangayikishwa n’impinduka zihagaragara kuko biri mu biranga iterambere.
Abaturage baturiye umupaka wa Rusizi ya mbere na Bukavu bakomeje kwibaza impamvu ikiraro gishya gihuza ibihugu byombi kidakoreshwa kandi cyaruzuye.
Muri Tombola yabereye muri Serena Hotel ikanitabirwa na Nyakubahwa Perezida wa Republika,u Rwanda rwatomboye bizwi mu mupira w"amaguru muri Afrika
Ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda Nsengimana Bosco wa Team Kalisimbi ashyizeho agahigo ko gukoresha igihe gito mu mateka ya Tour du Rwanda mpuzamahanga
Urubyiruko ruhuriye mu rugaga rw’urubyiruko rushamikiye kuri FPR Inkotanyi mu Ntara y’Iburengerazuba rwiyemeje kuba umusemburo w’iterambere.
Kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2015, muri IPRC-South hatangijwe ku mugaragaro kwigisha guhingisha imashini no kuhira imyaka, mu buryo bw’igihe gitoya cy’amezi atatu.
Ubuyobozi bwa Living Water International, buravuga bwishimira uko igikorwa cyo kwegereza abaturage amazi meza kirimo kugenda mu karere ka Ruhango.
Amashyirahamwe y’abagore bahinga ikawa bavuga ko iki gihingwa iyo cyitaweho gitanga umusaruro ku buryo cyageza ubukire ku bagihinga.
Abarema isoko rya Kabarondo mu karere ka Kayonza barinubira imisoro bavuga ko itemewe basoreshwa na rwiyemezamirimo usoresha muri iryo soko.
Abarimu bo muri zone ya Congo-Nil mu karere ka Rutsiro batangaza ko bamaze kumenya imikoreshereze y’umushahara bahembwa ku buryo ubabeshaho.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi buvuga ko mu bihugu bya Congo n’u Burundi hakiri ababiba amacakuburi mu bihugu by’ibiyaga bigari bagamije kubayobya.
Impanuka ya moto igonze ikamyo ikibirindura mu muhanda muri iki gitondo, yateje akavuyo muri kaburimbo yo ku muhanda ugana Kinamba - Nyabugogo.
Perezida Paul Kagame wari witabiriye inama yiga ku iterambere rya Afrika yaberaga muri Maroc, yashyikirijwe igihembo cyo kwimakaza amahoro na demokarasi.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero n’urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, batangiye kubaka igicumbi cy’intwari cy’abana b’i Nyange bakazaharuhukira bose.
Perezida Paul Kagame yageze muri Maroc mu nama ahuriramo n’abandi bayobozi bakomeye ku isi biga ku iterambere ry’ubukungu bw’Afurika.
Minisitiri w’Ubutabera Johnston Busingye aratangaza ko igitabo cy’amategeko ahana y’u Rwanda kigiye kuvugururwa, kuko hari ibyaha bisigaye bikorwa ntibibonerwe ibihano bigendanye.
Abacururiza muri Karitsiye Mateus basaba Umujyi wa Kigali kubasonera, igihe cyo kwimuka kikazaba nyuma y’iminsi mikuru isoza umwaka.
Abatuye Akarere Nyanza basabwe kuvana isomo kuri 17 biswe abarinzi b’igihango kubera uruhare bagize mu kurwanya amacakubiri na Jenoside.
Donald Kaberuka wahoze ayobora Banki Nyafurika itsura Amajyambere (AfDB), atangaza ko imibare ku izamuka ry’ubukungu bw’Afurika mu myaka ishize ari ukuri.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe amagereza (RCS) kivuga ko cyarengeye miliyoni zirenga 600Frw mu miri 2013/2014, kubera gukoresha biyogaze nk’igicanwa cy’ibanze.
Perezida wa Repuburika Paul Kagame arasaba abanyarwanda kwihesha agaciro kugira ngo hatagira abakomeza kubayoresha ivu nk’agatebo.
Nyarubuye nka rumwe mu nzibutso 5 zikomeye mu gihugu tariki 20/10/2015 CNLG yahatangije igikorwa cyo kubaka urwibutso ruzakira imibiri ibihumbi 80.
Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikorabuhanga, Jean Philbert Nsengimana, aratangaza ko idini ryiza ribereye Abanyarwanda ari ugukunda igihugu.