Paul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi yavuze ko guverinoma izi ikibazo cy’imirire mibi cyugarije Akarere ka Ngororero, ariko abizeza ko agiye kukirangiza burundu.
Sosiyete Pharo isanzwe ifite ibikorwa by’ishoramari mu Rwanda, yizeje Perezida Paul Kagame ko bazakomeza gushora imari mu bikorwa by’iterambere mu Rwanda.
Paul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi yavuze ko ubu u Rwnda rwishimira kongera gushibuka nyuma y’uko amahanga arutereranye akeka ko rutazongera kubaho.
Umukandida wa FPR-INkotanyi Paul Kagame yabwiye urubyiruko ko rufite amahirwe atarigeze agirwa n’abandi mu bihe byashize, abasaba kutayapfusha ubusa.
Umukandida wa FPR-Inkotanyi Paul Kagame yavuze ko nubwo ubuzima bw’Abanyarwanda bwabaye bwiza, hakiri aho butaringaniye bikaba ari bimwe yiyemeje kuzahangana nabyo muri manda itaha.
Umukandida wa FPR Paul Kagame yemereye abatuye Akarere ka Gisagara ko azabagezaho amashanyarazi ku kigero cya 80%, bavuye kuri 22% bariho ubu.
Paul Kagame, umukandida wa FPR-Inkotanyi yavuze ko atumva impamvu Akarere ka Nyaruguru kari karibagiranye mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi, bikageza n’aho n’abagatuye nta cyiza babonwaho.
Umukandida wa FPR Paul Kagame yibukije abanyarwanda ko kuyobora igihugu bitoroshye, kuko kugeza u Rwanda aho rugeze ubu bitabaye ibitangaza ahubwo byaharaniwe.
Paul Kagame, umukandida wa FPR, yateye intambwe itamenyerewe muri Politiki ashima amashyaka yemeje ko abarwanashyaka bayo bazamutora, abizeza ko bahisemo neza.
Paul Kagame, umukandida wa FPR-Inkotanyi avuga ko ibizava mu matora bitari ibanga, kuko byamenyekanye mu myaka ibiri ishize ubwo abaturage bakoraga referandumu.
Kuri uyu wa gatanu tariki 14 Nyakanga 2017, urugamba rwo guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu ruratangira ku mugaragaro, aho abakandida bose bazazenguruka igihugu mu minsi 20 biyamamaza.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko aho u Rwanda rugeze ubu rufite ubushobozi rwakoresha kugira ngo rugere ku ntego rwiyemeje.
Iyo winjiye mu Mujyi wa Muhanga, waba uva i Kigali cyangwa ugana yo, utungurwa n’ubwiza bw’inyubako nshya ya Gare ya Muhanga, ibura amezi abiri ngo itahwe ku mugaragaro.
Perezida wa Isiraheli Reuven Rivlin yakiriye mu biro bye Perezida Paul Kagame, mu rwego rwo kungurana ibitekerezo ku iterambere ry’ibihugu byombi.
Ubuyobozi bwa Kigali Convention Center na Radisson Blue Hotel bwavuze ko bugiye gutegura irushanwa rizitirirwa Gisa Gakwisi uherutse kubumba inyubako z’iyi hotel yifashishije ibumba.
Umwe muri ba nyakwigendera bashyinguwe mu irimbi ryo mu Busanza, muri Kicukiro, aherutse kubarirwa mu bazima n’umunyarwandakazi washakaga guhatanira kuyobora Abanyarwanda mu myaka irindwi iri imbere. Ibi bikaba byatumye abashinzwe iby’amatora bamubonamo kutaba inyangamugayo.
Polisi y’igihugu iratangaza ko ntawe ukwiye kubuzwa gufotora igihe cyose abonye ikimuteye amatsiko kabone n’iyo yaba ashaka gufotora abapolisi bari mu kazi.
Komisiyo y’Amatora (NEC) yemeje urutonde ntakuka rw’abakandida batatu bazahatana mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe muri Kanama 2017.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abayobozi ko igihe cy’amatora u Rwanda rurimo kigomba kuba umwanya wo kurushaho kwegera abaturage no kumenya ibibazo byabo.
Urwego ngenzuramikorere (RURA), ruramenyesha abantu bose ko guhera kuri uyu wa Kane tariki ya 6 Nyakanga 2017, igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyagabanutse.
Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi gukomeza gushyira imbaraga mu burezi no gukorera hamwe, kuko ishoramari rishyirwa mu burezi ari ryo rizagena ireme ry’uburezi buzatangwa.
Perezida Paul Kagame yibukije Abanyarwanda ko n’ubwo kwibohora byagezweho, ariko bagihanganye n’ingaruka ubuyobozi bubi bwasize zirimo inzara, ubukene n’umwiryane.
Perezida Paul Kagame yageze i Addis Ababa muri Ethiopia aho yitabiriye inama ya 29 y’Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU).
Perezida w’inteko ishinga amategeko, Mukabarisa Donatille arashimira ingabo z’igihugu zakomeje gufasha abturage mu iterambere, nyuma yo kurokora abatari bake muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Abapolisi 68 abakozi b’ibigo byigenga bicunga umutekano 10 n’abacungunga gereza 20 barangije amahugurwa kuzimya inkongi yo kuzimya inkongi y’umuriro.
Imbuto Foundation yari isanzwe ifite iyi gahunda y’abafashamyumvire ku bakobwa ariko yayitangije no ku bahungu kuko ngo itanga umusaruro mwiza.
Dr. Matshidiso Moeti, Umuyobozi w’ Ishami ry’Umuryango w’abibumbye wita ku buzima (OMS/WHO) ku rwego rw’Afurika, yavuze ko bifuza kugeza gahunda y’u Rwanda y’ubwisungane mu buvuzi izwi nka “Mitweli”, kubera ko ifasha abaturage benshi.
Umuryango Unity Club, ugizwe n’abayobozi bakuru b’u Rwanda n’abigeze kuba mu nzego nkuru z’ubuyobozi n’abo bashakanye , kuri uyu wa 29 Kamena 2017 urashyikiriza amacumbi abakecuru bagizwe incike za Jenoside yakorewe Abatutsi.
Abakandida babiri gusa nibo bagaragara ku rutonde rw’agateganyo rw’abakandida biyamamariza kuyobora u Rwanda, mu matora ateganyijwe muri Kanama 2017.