Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rwanda Mountain Gorilla Rally 2022: Super Stage excites rally fans
25/09/2022 - 14:11
Reba uko abanyeshuri batangiye umwaka mushya w’amashuri
22/09/2022 - 23:20
AMERWA na Banki ya Kigali batangije gahunda ya ‘Zamuka mugore wa Kigarama’
22/09/2022 - 23:10
Abitabiriye igitaramo RAP City bashimishijwe n’udushya twarimo
18/09/2022 - 22:36
Abitabiriye Art Rwanda-Ubuhanzi bishimiye kugaragaza impano zabo
16/09/2022 - 20:35
Pasiteri Mpyisi yizihije isabukuru y’imyaka 100
13/09/2022 - 07:34
Inzozi Lotto: Harerimana atsindiye asaga miliyoni 2.5Frw, gerageza amahirwe nawe
6/09/2022 - 19:11
Ibyamamare birimo Drogba, Prince Charles, Sauti Sol n’abandi bise amazina Ingagi
4/09/2022 - 11:33
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo