Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Leta yahaye ibiribwa abatujwe mu Busanza
29/09/2022 - 19:49
Artist Stonebwoy reveals secret behind his new song ’Gidigba’
29/09/2022 - 19:30
Umutekano w’umunyeshuri mu burezi bwifashisha ikoranabuhanga
29/09/2022 - 19:12
Cabo Delgado: Uburyo RDF yabohoje Umujyi wa Mocimboa da Praia
29/09/2022 - 09:50
Twasuye Cabo Delgado: Abaturage barashima Ingabo na Polisi by’u Rwanda
28/09/2022 - 22:10
Abasoza amashuri abanza batsinze neza kurusha umwaka ushize
28/09/2022 - 07:41
Patel Karan yegukanye isiganwa ry’imodoka ryaberaga mu Rwanda: Reba ibyaranze agace ka nyuma
26/09/2022 - 10:42Rwanda Mountain Gorilla Rally 2022: Byari agahebuzo mu Bugesera
25/09/2022 - 14:31
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo