Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abafite amakarita ya BK boroherejwe mu gitaramo ’Amapiano To The World’
4/11/2022 - 19:31
Byinshi ku ihame ry’uburinganire mu bayobozi b’amashuri n’abarimu mu Rwanda
4/11/2022 - 19:23
Abarimu babaye indashyikirwa bahawe moto byarabarenze
4/11/2022 - 19:16
Mwarimu niyubahwe - Minisitiri w’Intebe yacyeje mwarimu ku munsi we
4/11/2022 - 19:10
U Rwanda rukomeje imyiteguro yo guhangana na Ebola
2/11/2022 - 10:16
Reba uko byari byifashe mu Nteko Rusange ya FPR Inkotanyi muri Gatare - Kicukiro
31/10/2022 - 21:35
Abaturage bishimiye uko bakiriwe muri gahunda ya ‘Baza MINUBUMWE’
29/10/2022 - 09:50
President Kagame opens the African Philanthropy Forum 2022
24/10/2022 - 21:33
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo