Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Mukomeze ibyagezweho muhanga udushya - Bazivamo abwira urubyiruko rwa RPF Inkotanyi
19/12/2022 - 21:56
Police Month: Ibikorwa byakozwe byatwaye asaga Miliyari ebyiri
19/12/2022 - 12:29
Bibutse ababo bishwe mu bitero bya MRCD-FLN ya Rusesabagina
19/12/2022 - 12:13
UK envoy to Rwanda speaks out on ethnic killings in DRC
14/12/2022 - 18:18
Abakoresha mudasobwa batabona babigenza bate?
11/12/2022 - 20:38
Dutemberane muri GS Kagugu, kimwe mu bigo byigamo abanyeshuri benshi
11/12/2022 - 20:26
Ubufatanye hagati ya Leta n’abikorera mu guteza imbere uburezi mu ikoranabuhanga
6/12/2022 - 03:21
We are not thieves - Kagame on accusations that Rwanda steals DRC’s wealth
6/12/2022 - 03:07
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo