Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umuhanzi Bwiza yatuye indirimbo umukunzi we
16/02/2023 - 18:32
Byinshi ku rugendo rwa Radiyo, igitangazamakuru gikurikirwa na benshi (video)
14/02/2023 - 12:04
President Kagame speaks out on DR Congo’s violation of Bujumbura agreement signed recently
9/02/2023 - 12:27
President Kagame receives new envoys from 14 countries
9/02/2023 - 10:31
Uwicaga abantu abaciye imitwe yasobanuye icyabimuteye
6/02/2023 - 21:41
Bakoze siporo rusange bazirikana kurwanya Kanseri
6/02/2023 - 21:32
Inside Rwanda’s journey to end cervical cancer by 2030
4/02/2023 - 21:55
Gen. Kabarebe yifashishije imibare mu gusobanura amateka y’urugamba: Uko barwanye n’Intare
4/02/2023 - 18:51
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo