Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
President Kagame & King Mohammed VI awarded CAF President’s Outstanding Achievements Award
15/03/2023 - 09:44
Rwanda receives BioNTech first modular vaccine factory
13/03/2023 - 20:55
Bateye ibiti bisaga 3,000 mu kwizihiza umunsi wa Commonwealth
13/03/2023 - 13:00
Inside the launch of the African Forensic Science Academy in Rwanda
9/03/2023 - 21:40
Pastor Antoine Rutayisire: Uko yabaye mwarimu, yasoza Master’s agasubira kwigisha
6/03/2023 - 00:04
Abo GAERG yafashije komora ibikomere bya Jenoside barashima
5/03/2023 - 23:43
#ASFM2023: Inzobere ku bumenyi n’ibimenyetso bya gihanga zigiye guteranira mu Rwanda
5/03/2023 - 23:08
If you don’t want war, you prepare for it – Kagame on deployment of troops along DR Congo border
2/03/2023 - 21:08
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo