Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Interahamwe zishe Mama ndeba - Mwizerwa warokokeye i Ruhanga
7/04/2023 - 22:02
Uko Leta ya Habyarimana yashyizeho Auto-Défense Civile ngo hatsembwe Abatutsi
7/04/2023 - 21:57
#Kwibuka29: Perezida Kagame yaburiye abakoze Jenoside bakomeje kwihishahisha
7/04/2023 - 17:39
Irebere uko Perezida William Ruto yakiriwe mu Rwanda
6/04/2023 - 11:17
Perezida Kagame na Ruto birebeye imikorere y’ishuri ry’Ubuhinzi rya RICA
6/04/2023 - 10:16
Kagame: Kongera umushahara wa ba Gitifu b’Utugari bigomba kujyana n’imikorere myiza
29/03/2023 - 09:24
Twararangaye - Umuyobozi wa Kicukiro agerageza kwisobanura imbere ya Perezida Kagame
28/03/2023 - 21:59
Telefone ‘Spark 10 TECNO’ yageze ku isoko, menya umwihariko wayo
25/03/2023 - 19:28
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo