Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Military Band yongeye gushimisha abantu mu gitaramo gisingiza Intwari
1/02/2023 - 19:18
Reba udushya twaranze umukino wa nyuma wahuje inzego za gisirikare
1/02/2023 - 15:33
Minisitiri Biruta yasubije ibibazo by’Abadepite birebana na RDC
28/01/2023 - 13:38
Ntibyatubuza kwitegura - Minisitiri Biruta avuga ku bushotoranyi bwa RDC
26/01/2023 - 23:15
Menya ibigenderwaho kugira ngo umuntu agirwe Intwari
26/01/2023 - 14:57
RIB yafashije uwari wibwe gusubirana Amadolari 30,100
21/01/2023 - 22:05
U Rwanda nta ntambara rushaka kuko yica igasenya n’ibyagezweho - Alain Mukuralinda
20/01/2023 - 14:04
Menya uko bigenda iyo RIB iguhamagaye
18/01/2023 - 22:50
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo