Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Muve mu nshingano aho kuzikora nabi - Perezida Kagame abwira abayobozi
23/10/2022 - 17:34
Perezida Kagame yongeye gukebura abayobozi
22/10/2022 - 15:07
Umwitozo wo guhangana na Ebola mu gihe yaba igeze mu Rwanda
20/10/2022 - 13:02
Ab’i Kigali bishimiye gukorana siporo na Perezida Kagame
16/10/2022 - 19:36
Indirimbo ‘Inana’ ya Chriss Eazy yarishimiwe cyane muri #YouthConnekt2022
16/10/2022 - 18:51
Reba ibyo umuhanzi Jay Prayzah n’ababyinnyi be bakoreye i Kigali
16/10/2022 - 18:39
Bruce Melody na Ariel Wayz bongeye kwigaragaza muri #YouthConnekt2022
16/10/2022 - 18:30
Iyi nyamaswa yatangaje abitabiriye Youth Connekt Africa
16/10/2022 - 18:16
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo