Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Jimmy Gatete yahishuye impamvu yatinze kugaruka mu Rwanda
15/10/2022 - 00:48
Reba uko byari byifashe mu gutangiza #YouthConnekt2022
14/10/2022 - 14:02
Madamu Jeannette Kagame yashimiye Inkubito z’Icyeza
12/10/2022 - 09:01
Ingabo z’u Rwanda ntizizatahe - Abaturage ba Cabo Delgado
6/10/2022 - 19:22
Yegukanye Miliyoni 10 muri Jackpot ya Inzozi Lotto
3/10/2022 - 21:26
Twe Twibanira n’Abamalayika - Umubyeyi wiyeguriye uburezi bw’incuke
3/10/2022 - 20:48
Ikiganiro na Maj Gen Nkubito uyoboye Ingabo muri Cabo Delgado
3/10/2022 - 11:26
Dutemberane ibitaro bikuru bya RDF i Cabo Delgado na Maj. Dr Shumbusho
30/09/2022 - 09:08
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo