Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Igor Mabano yagarutse ku mpamvu Kina Music idapfa gutumirwa mu bitaramo
12/08/2022 - 16:38
Umunyeshuri w’i Muhanga yatsindiye 1,888,178frw muri IGITEGO Lotto
12/08/2022 - 08:50
Secretary Blinken on the conviction of Rusesabagina - Watch full press briefing in Kigali
12/08/2022 - 08:33
Igitutu ku Rwanda kugira ngo Rusesabagina arekurwe? Ntabwo bizabaho - Minisitiri Biruta
12/08/2022 - 08:00
Icyo abaturage batekereza ku ibarura rusange rigiye kuba
11/08/2022 - 23:32
Twaganiriye na Hindisha Paul wazanye kuvuga Amazina y’Inka mu bukwe bwo muri Kigali
10/08/2022 - 17:45
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yasuye Laboratwari y’ibimenyetso bya gihanga
7/08/2022 - 16:04
Kigali: Ibirori by’Umuganura byari bibereye ijisho
7/08/2022 - 14:57
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo