Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rwanda’s First Lady opens Commonwealth Women’s Forum
21/06/2022 - 23:35
Abakunda amafoto TECNO yabashyize igorora ibazanira Camon 19
19/06/2022 - 10:41
#CHOGM2022: Kwakira abashyitsi, umutekano, imyidagaduro, ingendo, byose biri ku murongo
19/06/2022 - 07:41
Ku bushotoranyi bwa DRC, u Rwanda rwahisemo inzira y’amahoro n’ibiganiro
18/06/2022 - 18:03
Winners in painting values of Commonwealth Competition rewarded
16/06/2022 - 14:31
First Lady presides over Green Hills Academy Graduation, Class 2022
12/06/2022 - 22:05
Kagame stresses the need to invest in universal, affordable broadband
5/06/2022 - 21:31
Impanuka ku kibuga cy’indege: Uko ubutabazi bukorwa (Umwitozo)
2/06/2022 - 22:35
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo