Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Irebere uko MC Tino na Babo babyinnye muri Studio
1/08/2022 - 16:44
Twaganiriye na Valentine wamamaye mu ndirimbo ‘Dore Imbogo’
1/08/2022 - 16:02
Maj Gen Bayingana: Batubwiye ko nta na santimetero twabona mu Rwanda ariko ubu Igihugu tukirimo
17/07/2022 - 20:39
Amahirwe u Rwanda rukura mu muryango Francophonie mu rwego rw’ubucuruzi
17/07/2022 - 19:54
Reba uko byari byifashe mu irushanwa rya Taekwondo ryabereye mu Rwanda
17/07/2022 - 19:44
Reba ubwiza bwa Pariki ya Nyandungu yafunguriwe abashaka kuhatembera
8/07/2022 - 20:59
Abaturage bari baturiye ruhurura ya Mpazi bimuriwe mu magorofa
8/07/2022 - 19:54
Yatsindiye Frw500,000 muri Jackpot ya Inzozi Lotto ivuguruye
7/07/2022 - 20:17
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo