Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Tariki 21 Mata 1994, umunsi w’icuraburindi ku Mayaga - Ubuhamya bw’abaharokokeye
22/04/2022 - 23:02
Mu banyapolitiki bibutswe, hiyongereyemo Ngurinzira waburiwe irengero
14/04/2022 - 20:24
Igihe kirageze ngo tubwire abavutse nyuma ya Jenoside amateka yacu
14/04/2022 - 11:54
Ubutumwa Madamu Jeannette Kagame yatangiye mu kiganiro #KuGicaniro
14/04/2022 - 11:07
Nyanza ya Kicukiro ni ikimenyetso cy’ubugwari bwa ONU - Hon. Mukabalisa
12/04/2022 - 21:40
Our Past: Aho urubyiruko rwigira amateka ya Jenoside
11/04/2022 - 22:23
Amacakubiri afite inkomoko mu mateka ya kera - Minisitiri Bizimana
10/04/2022 - 15:55
Interamwete: Abagore bafashaga Interahamwe kwica Abatutsi (Ubuhamya)
10/04/2022 - 13:11
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo