Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abarimo abageni batawe muri yombi bazira guhimba ibisubizo bya COVID-19
21/08/2021 - 09:44
Abatwara ibinyabiziga barasabwa kwitwararika kuko camera z’umuvuduko ziri maso
21/08/2021 - 09:30
Uruhare rw’abakorerabushake mu kurwanya COVID-19 ni ntagereranywa
21/08/2021 - 09:17
Gukoresha mubazi ku bamotari ni inyungu za nde?
18/08/2021 - 21:51
Agakiriro ka Gisozi kongeye gushya, hatikiriramo ibifite agaciro ka Miliyoni 500 Rwf
17/08/2021 - 17:40
Batawe muri yombi bazira gutwara ibinyabiziga banyoye inzoga
16/08/2021 - 22:02
Niyomugabo Philemon wakunzwe mu ndirimbo ‘Zirikana’ ni muntu ki?
16/08/2021 - 00:07
Bisaba iki kugira Umudugudu utagira icyaha? RIB ikomeje ubukangurambaga hirya no hino
15/08/2021 - 22:56
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.