Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
RDB yamurikiye abafasha ba mukerarugendo bo hirya no hino ku isi ibyiza bitatse u Rwanda
17/09/2021 - 20:01
RIB na UNICEF batashye icyumba gifasha abana bakoze ibyaha n’ababikorewe
17/09/2021 - 19:50
Urubanza ruregwamo Rusesabagina na bagenzi be ruragana ku musozo: Bimwe mu byaruranze
17/09/2021 - 18:36
Akurikiranyweho koherereza abantu ‘SMS’ akabambura kuri Mobile Money
15/09/2021 - 20:50
Abakunzi ba Arsenal bahinduriye imibereho abarokotse Jenoside b’i Nyamagabe
13/09/2021 - 21:36
BullDogg yavuze ubuzima yabanyemo na Jay Polly
13/09/2021 - 21:29
Umuhanzi Christopher yahishuye impamvu atarangije kwiga kaminuza
13/09/2021 - 07:32
Abagenda muri Kigali boroherejwe ingendo bakoresha amagare agezweho
10/09/2021 - 14:04
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.