Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kicukiro: Abakorerabushake bahaye inka uwaburiye umugabo ku rugamba rwo kubohora Igihugu
3/10/2021 - 09:55
Bafashwe bari mu mugambi wo gutera ibisasu muri Kigali
1/10/2021 - 20:44
Bafunzwe bazira kwiyitirira Polisi bagatanga uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga
26/09/2021 - 20:19
Umushoferi w’imbangukiragutabara akurikiranyweho kwiyitirira Polisi akambura abaturage
22/09/2021 - 18:54
Mu myanzuro y’urubanza rwa Rusesabagina: Dore ibyerekeye indishyi zizatangwa
21/09/2021 - 19:50
Akarere ka Kicukiro kifashishije kajugujugu mu bukangurambaga bwo kurwanya COVID-19
21/09/2021 - 18:42
Masamba asanga afitiye ideni injyana Gakondo
21/09/2021 - 18:22
Rusesabagina yakatiwe igifungo cy’imyaka 25, Sankara akatirwa 20
21/09/2021 - 18:15
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.