Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abahungu ba Joe Habineza bagarutse ku byaranze ubuzima bwa se
29/08/2021 - 23:24
Abagera ku 9,000 barangije kwiga muri UR bageze ku isoko ry’umurimo
29/08/2021 - 23:14
Kwa Sogokuru ni hehe? Ikibazo Muhizi utazi inkomoko ya se ashobora kuzabazwa n’abana be
26/08/2021 - 15:48
Byinshi kuri Sadate Munyakazi wamamaye muri Rayon Sports : Wari uzi ko kera yitwaga David?
26/08/2021 - 15:27
Baravuga ko banyoye Energy Drink, Polisi yo ikavuga ko bari banyoye inzoga
24/08/2021 - 16:00
Dore uko Umubiligi Vincent Lurquin yirukanywe ku butaka bw’u Rwanda
24/08/2021 - 15:48
Dore ubuzima bw’ahabatijwe mu ISIYACYENDA
21/08/2021 - 18:44
Umunyezamu Kimenyi Yves n’abo bafatanwe baricuza amakosa bakoze
21/08/2021 - 18:38
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.