Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Amateka y’umuhanzi Twagirayezu Cassien waririmbye ’Umuntu Nyamuntu’
11/08/2021 - 19:34
Abamugariye ku rugamba basangiye umuganura n’urubyiruko rw’abakorerabushake
11/08/2021 - 19:07
I Kigali hatashywe ikibuga cya Golf kiri ku rwego mpuzamahanga (Video)
9/08/2021 - 07:59
Reba uruzinduko rwa Perezida wa Santarafurika mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Kinigi
7/08/2021 - 14:55
Ubutumwa Perezida Kagame na Touadéra batangiye mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru
6/08/2021 - 09:23
Dore uko Perezida Touadéra wa Santarafurika yakiriwe mu Rwanda
6/08/2021 - 08:05
Mavenge Sudi yemeye ko yiyitiriye indirimbo za Nyakwigendera Kayitare Gaetan
5/08/2021 - 20:25
Ibyaranze iminsi ibiri y’uruzinduko rwa Perezida Samia Suluhu mu Rwanda
4/08/2021 - 08:48
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.