Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uwabeshyaga ko akoresha abantu 130 bose bivuriza kuri RAMA yatahuwe
10/09/2021 - 13:32
Akurikiranyweho gutanga icyangombwa gihimbano kigaragaza ko umuntu yakingiwe
6/09/2021 - 18:57
Jay Polly yasezeweho bwa nyuma mu marira menshi
6/09/2021 - 18:16
Umva ibyo abahanzi batangaje ku rupfu rwa Jay Polly
3/09/2021 - 14:42
U Rwanda rwakiriye izindi nkingo za COVID-19
3/09/2021 - 11:57
Sobanukirwa byinshi ku kubona amakuru n’ubumenyi bubitse mu ikoranabuhanga rya mudasobwa
2/09/2021 - 00:23
Papa adusigiye umurage wo kwicisha bugufi - Umuhungu wa Joe Habineza
1/09/2021 - 23:02
Bahimbaga ibigo by’ubucuruzi bitabaho: Barakekwaho kunyereza imisoro irenga Miliyoni 40 Frw
1/09/2021 - 23:01
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.