Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Bakurikiranyweho icyaha cya ruswa mu gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga
4/11/2021 - 12:39
Bafatanywe ibiro 45 by’amahembe y’inzovu byinjiye mu buryo bwa magendu
29/10/2021 - 16:12
Muri 2024 u Rwanda ruzaba rukora inkingo za Covid-19 n’iza Malaria
27/10/2021 - 22:13
Uko Cedric Gisimba yahisemo ubuzima bw’ubugeni akabihuza no kubitoza abakiri bato
27/10/2021 - 22:06
Urunigi: Umuvugo wa Hon. Bamporiki ku isabukuru ya 25 ya Unity Club Intwararumuri
19/10/2021 - 23:55
Dr Bizimana yagaragaje uruhare rwa Unity Club mu bumwe bw’Abanyarwanda
19/10/2021 - 23:46
Rusesabagina yahishuye uko bashinze MRCD na FLN
19/10/2021 - 23:31
Umva ibyo Dr. Pierre Damien Habumuremyi yumviye muri gereza
17/10/2021 - 20:22
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.