Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abantu 151 bafatiwe mu rugo rw’umuturage basenga binyuranyije n’amabwiriza yo kwirinda Covid-19
17/12/2021 - 16:53
Uruhare rw’abahanzi mu gukangurira abaturage kwirinda COVID-19
17/12/2021 - 16:16
Umwihariko wa Tombola ‘Inzozi Lotto’ : Tsindira cash uteze imbere siporo mu Rwanda
14/12/2021 - 21:03
Nize Biologie ariko nakuze nkunda Technologie - Cyuzuzo watsindiye $50,000
14/12/2021 - 11:45
Ibihumbi 50$ kuri Cyuzuzo watsinze Hanga Pitchfest: Guhembwa na Perezida Kagame byamurenze
12/12/2021 - 18:11
Abarundi bari mu rubanza rwa P5 na RUD Urunana basabiwe gufungwa burundu
11/12/2021 - 00:34
Umugande Sgt Lubega Ibrahim (Demob) wahoze muri RPA yasabiwe gufungwa burundu
11/12/2021 - 00:27
RIB yerekanye abantu babiri bakekwaho kuniga abaturage bakabambura ibyabo
4/12/2021 - 21:18
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.