Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
#ImbutoTurns20: Ubutumwa bwa Madamu Jeannette Kagame
28/11/2021 - 11:59
Umukino wa APR na Rayon Sports watumye 15 barara muri kasho
24/11/2021 - 20:50
Umuryango ni umusingi w’uko tuzabaho ejo hazaza - Jeannette Kagame
22/11/2021 - 14:43
Ihere ijisho Akarasisi karyoshye mu kwinjiza abapolisi bato muri Polisi y’u Rwanda
22/11/2021 - 14:31
Minisitiri w’Ubutabera yageneye ubutumwa Abapolisi bato 2,319 binjiye mu kazi
22/11/2021 - 14:16
Navuganye na Polisi ku kibazo cy’umuvuduko wo mu muhanda - Kagame
22/11/2021 - 14:05
Dore abasora bahize abandi mu gutanga umusoro
22/11/2021 - 13:55
NYIRINGANZO: Amateka y’Umunyabugeni Bushayija Pascal waririmbye ‘Elina’
22/11/2021 - 13:37
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.