Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Nta masomo mufite yo kutwigisha - Kagame abwira abanenga u Rwanda
8/04/2022 - 10:06
Nsabimana yakatiwe gufungwa imyaka 15, Rusesabagina aguma ku myaka 25
5/04/2022 - 09:44
Bahamijwe ibyaha byo gukora iterabwoba aho kuba ibyitso
5/04/2022 - 09:35
I Kigali habaye Misa yo kwibuka no gusabira Dr. Paul Farmer
3/04/2022 - 12:47
Perezida Kagame yatangije ikigo cy’ikoranabuhanga cyihutisha iterambere ry’inganda
1/04/2022 - 10:30
Miss Muheto: Sinzita ku banca intege ahubwo ibikorwa bizivugira
1/04/2022 - 10:10
RIB irasaba abahohotewe kudaceceka
1/04/2022 - 09:36
Ibirori byatangarijwemo Miss Rwanda 2022 byari bibereye ijisho
20/03/2022 - 18:35
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.