Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Bisi 151 z’ubuntu zitwara abanyeshuri barimo gukora ibizamini bya Leta
21/07/2021 - 15:18
Menya uko abanyeshuri barwaye COVID-19 barimo gufashwa gukora ikizamini cya Leta
21/07/2021 - 14:54
Menya byinshi ku kigo ISANGE ONE STOP CENTER gifasha abahohotewe
19/07/2021 - 20:52
Impano idasanzwe: Ku myaka icyenda gusa, amaze gutsindira imidari 9 ya Zahabu muri Karate
19/07/2021 - 20:26
#GumaMuRugo: Leta yatangiye gutanga ibiribwa ku baturage batishoboye
19/07/2021 - 19:49
Yagiye kwipimisha ku Kagari bamusangamo COVID-19. Dore ubutumwa atanga
17/07/2021 - 21:29
Min. Gatabazi yihanangirije abayobozi bahohotera abaturage mu gihe bagenzura amabwiriza ya COVID-19
17/07/2021 - 21:16
Menya uko gahunda yo gupima COVID-19 mu tugari iteye
17/07/2021 - 21:10
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.