Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
RIB: Amategeko ntazihanganira abitwaza urubuga rwa YouTube bakagumura abaturage
26/06/2021 - 13:15
Perezida Kagame yakiriye Tshisekedi ku mupaka: Umutekano wari wakajijwe
25/06/2021 - 23:44
Muri Gare ya Nyabugogo: Benshi barashaka kujya mu Ntara
23/06/2021 - 06:39
Abantu 11 bafashwe bitabiriye ibirori
21/06/2021 - 20:25
Reba uko isiganwa rya Kigali International Peace Marathon ryagenze
20/06/2021 - 23:20
Uwakomerekeye mu bitero bya MRCD-FLN ya Rusesabagina arasaba ubutabera bukwiye
15/06/2021 - 21:51
Akababaro k’abarokotse ibitero bya MRCD-FLN ya Rusesabagina
15/06/2021 - 21:09
Reba akarasisi k’Abofisiye 47 ubwo bari basoje amasomo i Nyakinama
15/06/2021 - 21:01
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.