Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Byinshi wamenya kuri Pasiporo nshya z’ikoranabuhanga
2/06/2021 - 19:12
Barakekwaho ubwambuzi bushukana no kwiyitirira icyo batari cyo
31/05/2021 - 09:17
Abanyeshuri bahize abandi mu kuvuga no kwandika neza Igifaransa bahembwe
31/05/2021 - 08:17
Cecile Kayirebwa n’abandi bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
30/05/2021 - 08:59
Ibyo Macron yavuze birakomeye kurusha gusaba imbabazi - Perezida Kagame
29/05/2021 - 15:11
Perezida Macron ku rwibutso: "Ndemera uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside"
29/05/2021 - 15:06
Goma - Gisenyi: Umutingito wangije amazu n’imihanda
29/05/2021 - 13:52
Byari bikomeye mu ijoro Nyiragongo yarutsemo: U Rwanda rurimo guhangana n’ingaruka zitoroshye
29/05/2021 - 13:32
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.