Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ntituzemera ko badutobera amateka - Umuyobozi wa AERG
26/04/2021 - 19:04
Abagabo 3 bakurikiranyweho icyaha cy’ubujura buciye icyuho
26/04/2021 - 18:52
Raporo Muse na Raporo Duclert ku ruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside zitandukaniye he?
24/04/2021 - 09:55
RIB yerekanye abantu 3 bakurikiranyweho ubujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga
23/04/2021 - 08:02
Ubuhamya: Inka yababereye igitambo ibakiza Interahamwe zari zije kubica
19/04/2021 - 20:49
Abagabo 9 bakurikiranyweho gucura no gukoresha Perimi z’impimbano
19/04/2021 - 20:29
Nyuma y’imyaka 27, Padiri Chrisostome yasubukuye Misa atashoje muri 94 barashweho
19/04/2021 - 20:10
Rusizi: Yaguze imbunda yo kwibisha mu mafaranga bakoye umukobwa we
19/04/2021 - 19:54
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.