Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
NURC: Mu #Kwibuka27 Dushyire imbere Ubunyarwanda n’Inyungu z’Abanyarwanda bose nta vangura
6/04/2021 - 13:33
Bafashwe bikingiranye mu nzu basenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
6/04/2021 - 12:40
‘Doze’ ya kabiri y’urukingo rwa COVID-19 yatangiye gutangwa, izindi nkingo zirenga 500,000 zaratumijwe
5/04/2021 - 20:56
Abanyeshuri baje mu biruhuko ntabwo baje mu birori - Minisitiri w’Uburezi Dr. Uwamariya
5/04/2021 - 20:02
Bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda #COVID19
5/04/2021 - 19:53
Menya byinshi ku mutwe w’iterabwoba wa MRCD/FLN
29/03/2021 - 00:00
Uwahoze muri FDLR yatanze ubuhamya mu rubanza rwa Rusesabagina
28/03/2021 - 23:33
Icyemezo cy’urukiko kuri Rusesabagina wanze kwitabira iburanisha
28/03/2021 - 23:22
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.