Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ikoranabuhanga mu burezi rihagaze rite?
26/02/2021 - 23:52
Umuhanzi Buravan azanye udushya twinshi nyuma ya Guma mu Rugo
26/02/2021 - 23:19
Itegeko rihana ipfobya rya Jenoside yakorewe Abatutsi ntirivangura - CNLG
26/02/2021 - 22:47
Kigali: Abajura ba televiziyo za Flat Screen beretswe itangazamakuru
18/02/2021 - 23:19
Video: Miss Meghan yahishuye umwihariko wa Miss Rwanda 2021
18/02/2021 - 19:03
Sankara: Biteye isoni kubona Rusesabagina yihakana ko ari Umunyarwanda
18/02/2021 - 18:37
Kigali: Abantu 129 bafatiwe mu tubari na Sauna barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
14/02/2021 - 23:46
Miss Viviane wakize Covid-19 yafashwe ava mu rugo rwahinduwe akabari
14/02/2021 - 23:34
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.