Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uwari ufungiye muri Uganda mu mitungo yari afite yatahanye urufunguzo rw’imodoka gusa
16/03/2021 - 20:29
Rusesabagina yitabiriye urubanza atunganiwe
12/03/2021 - 06:21
Nsabimana Callixte yagereranyije Rusesabagina nk’umunyeshuri uhora usaba mwalimu kwimura umunsi w’ikizamini
12/03/2021 - 06:12
Dore uko igikorwa cyo gukingira Imfungwa n’abagororwa ba Gereza ya Mageragere cyagenze
12/03/2021 - 05:59
Abagororwa barashimira Leta yabakingiye Covid-19
12/03/2021 - 05:45
Mu ibanga rikomeye Platini arashyize ararongoye
7/03/2021 - 21:10
Kuki bisaba gusinya kugira ngo ukingirwe COVID-19?
7/03/2021 - 20:34
Umva uko Rusesabagina yagejejwe i Kigali
7/03/2021 - 16:22
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.