Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ubuhamya: Yigomwa Buruse kugira ngo afashe abana bafite ibibazo nk’ibyo yahoranye
14/02/2021 - 23:12
Umugande yafatanywe ibiro 20 by’urumogi yacuruzaga mu Rwanda
14/02/2021 - 23:03
Perezida Kagame yasabye Amavubi gukomera kuri Discipline kuko ari ryo shingiro ry’ubunyamwuga
14/02/2021 - 21:18
Bugesera: Abasaga 100 bafatiwe mu tubari barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
14/02/2021 - 19:54
Barashima inkunga y’ibiribwa bahawe mu gihe cya guma mu rugo
14/02/2021 - 19:07
Yakorewe iyicarubozo muri Uganda, Bamutandukanya n’umwana we, bamujugunya ku mupaka atabasha kugenda
5/02/2021 - 23:52
Dore uko umuganga w’amenyo yitera ikinya akikura iryinyo rya Muzitsa
30/01/2021 - 21:45
Yari ahitanye imbaga y’abishimiraga intsinzi y’Amavubi Imana ikinga akaboko
28/01/2021 - 01:06
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.