Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ibikubiye muri raporo y’urukiko nyuma yo gusura gereza Rusesabagina afungiyemo
5/03/2021 - 20:07
Rusesabagina na bagenzi be bareganwa bongeye kwitaba urukiko
5/03/2021 - 19:47
U Rwanda rukomeje kwakira inkingo za #COVID19
5/03/2021 - 19:10
Polisi yafashe abacuruzi b’amavuta ya Mukorogo yangiza uruhu
3/03/2021 - 00:17
Agahinda n’umubabaro mwinshi mu misa yo gusezera kuri Padiri Ubald
2/03/2021 - 23:03
Kigali: Abasore n’inkumi 37 bafashwe bakina filime abandi bahinduye urugo akabari
2/03/2021 - 22:28
Polisi yerekanye abakekwaho gucura impushya zibemerera kujya mu Ntara, n’abatekamutwe
27/02/2021 - 22:47
Ikibazo cy’amikoro muri Rayons Sports kigiye gukemurwa mu buryo buhoraho
27/02/2021 - 22:25
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.