Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
#Kwibuka27: Ko tugenda dusaza, abazadukomokaho tuzabasigira iki?
1/05/2021 - 07:31
#Kwibuka27 | Ste Famille | Padiri Wenceslas azashyira azanwe mu Rwanda
30/04/2021 - 20:20
Uwashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda, byamuhenda cyane - Perezida Kagame
28/04/2021 - 13:46
#EdTechMonday: Ese Ikoranabuhanga mu burezi ryafasha kugeza uburezi kuri benshi?
27/04/2021 - 11:10
Bishimiye kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda
27/04/2021 - 10:48
Irebere akarasisi k’Abofisiye 721 bahawe ipeti rya Sous-Lieutenant
27/04/2021 - 10:42
CP Kabera: COVID-19 ntitinya ahabereye amasabukuru y’amavuko
27/04/2021 - 00:30
Bikingiranye mu rugo bakora ibirori bitemewe barenze ku mabwiriza yo kwirinda #COVID19
27/04/2021 - 00:21
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.