Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame yenenze ibihugu bishyigikira abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda
12/06/2021 - 10:54
Kigali Night Run: Byari ibyishimo ku bakunda gukora siporo ya nijoro
12/06/2021 - 10:48
Abantu 11 bafashwe batwaye imodoka basinze
10/06/2021 - 15:25
Umunya-Uganda akurikiranyweho ubwambuzi no gukoresha inyandiko mpimbano
10/06/2021 - 15:00
Abaturage bagira uruhe ruhare mu mihigo y’Akarere?
10/06/2021 - 14:42
Abantu 8 bafashwe barenze ku mabwiriza ya COVID-19 bari muri "massage"
8/06/2021 - 09:32
Video: Bakurikiranyweho gucuruza amavuta yangiza uruhu azwi nka mukorogo
4/06/2021 - 12:17
#EdTechMonday : Ikoranabuhanga rifite uruhare mu guhindura uburezi bujyanye n’igihe
4/06/2021 - 11:32
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.