• Umuhanzi Lil P

    Amakimbirane hagati y’umuhanzi Lil P na Exotic Night

    Umuhanzi w’Umunyarwanda witwa Lil P uba mu Bwongereza yari kuririmba mu gitaramo cyateguwe na Exotic Night mu Bubiligi ariko byarangiye ataririmbye. Lil P avuga ko yasuzuguwe cyane ntibamuhe umwanya wo kuririmba kandi bari babimwemereye ndetse baranamushyize kuri affiche y’igitaramo.



  • Emmy atera igiti

    Abahanzi bahatana muri PGGSS bitabiriye umuganda

    Abahanzi 10 bahatanira kwegukana instinzi ya Primus Guma Guma Super Star season 2 (PGGSS II) bitabiriye umuganda rusange wabaye tariki 31/03/2012 mu karere ka Gasabo aho bateye ibiti bakanubaka ibiro by’umudugudu wa Nyakabungo



  • Petit Stade yari yuzuye no hejuru

    Salax Awards: King James yabaye umuhanzi w’umwaka

    Mu birori bya Salax Awards byabaye tariki 31/03/2012 kuri petit stade i Remera mu mujyi wa Kigali, King James niwe wegukanye ikamba ryo kuba umuhanzi w’umwaka awutwaye Dream Boys, Young Grace na Kamichi bahatanaga.



  • Knowless akigera Amsterdam yakiriwe n

    Knowless ntazitabira ibitaramo byose nk’uko yari yabiteganyije

    Knowless ntazitabira ibitaramo byose byari byamujyanye i Burayi kuko byari biteganyijwe kuzabera muri Suede na Hollande biri ku matariki Abanyarwanda bazaba bibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda muri 1994.



  • Bamwe mu bahanzi 10 bari bitabiriye inama muri Top Tower Hotel

    Umuhanzi uzegukana intsinzi muri PGGSS II azahabwa miliyoni 24

    Umuhanzi uzegukana insinzi muri Primus Guma Guma Super Star season 2 (PGGSS II) azahembwa amafaranga miliyoni 24 azahabwa mu byiciro; nk’uko byatangajwe n’abategura icyo gikorwa tariki 27/03/2012.



  • Umuhanzi Christopher yahawe igihembo cya Diamond gitangwa na VirtuaMusic Label yo mu Bufaransa

    Umuhanzi Christopher umaze igihe gito yigaragaje mu mu muziki Nyarwanda, yabaye umuhanzi wa mbere w’Umunyarwanda wahawe igihembo cya Diamond gitangwa n’inzu ishinzwe gutunganya umuziki yo mu Bufaransa yitwa VirtuaMusic Label.



  • Whitney Houston yazize ikiyobyabwenge cya Cocaine

    Raporo yavuye mu itohoza ku cyishe umuririmbyi wo muri Amerika, Whitney Houston, witabye Imana mu kwezi gushize igaragaza ko uwo muririmbyi yishwe no kuba ahanini yarafataga cyane ku kiyobyabwenge cya Cocaine.



  • Olivier Roy arategura igitaramo cyo kumurika album ye ya mbere

    Umusore Nsabimana Olivier bakunze kwita “Roy” wamenyekanye cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana (Gospel Music), arimo gutegura igitaramo cyo kumurikira abakunzi be album ye ya mbere yitwa “umubisha ni nde?” mu kwezi kwa kane uyu mwaka.



  • Abahanzi icumi basigaye muri PGGSS 2(Amafoto)

    Nyuma y’amatora muri Primus Guma Guma igice cya kabiri (PGGSS 2) abahanzi icumi bazahatanira umwanya wa mbere baramenyekanye ndetse n’imibare ibaranga.



  • The Ben yasinyanye amasezerano na Mavaka Music Label

    Umuhanzi w’Umunyarwanda Mugisha Benjamin “The Ben”, ubarizwa muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, yamaze gusinya amasezerano y’umwaka umwe n’imwe mu mazu ashinzwe ibikorwa by’abahanzi n’ubuhanzi bwabo muri Amerika ya Mavaka Music Label.



  • Vincent de Paul Ntabanganyimana

    Vincent de Paul azamurika alubumu “Ngwino urebe” muri Nyakanga

    Umuhanzi akaba n’umunyamakuru kuri Radio Maria Vincent de Paul Ntabanganyimana aratenganya kumurikira abakunzi be alubumuye ya mbere «Ngwino urebe” mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka; nk’uko yabidutangarije.



  • Abayoboye Ikirezi group n

    Umuhanzi uzakererwa muri Salax Awards azasanga bamurenze

    Abagize Ikirezi Group itanga Salax Awards baratangaza ko gahunda izaba yateganyijwe ku munsi wo gutanga ibihembo igomba gukurikizwa uko yagenywe kabone nubwo abahanzi bazahembwa batinda kuhagera.



  • Ikwiyikuzo Diane yiga mu mwaka wa kabiri w

    Ku myaka irindwi y’amavuko araririmba agasusurutsa imbaga

    Ikwiyikuzo Diane uvuka mu murenge wa Butaro mu karere ka Burera afite imyaka irindwi y’amavuko; ariko iyo ari imbere y’abantu ari kuririmba ntiwapfa kumenya ko angana atyo ukurikije ukuntu aririmba nta bwoba afite.



  • Kamichi na Young Grace

    Ukuri ku bimaze iminsi bivugwa kuri Kamichi na Young Grace

    Hashize iminsi havugwa urukundo hagati ya Young Grace na Kamichi, ndetse ko Young Grace yaba atwite inda yatewe na Kamichi. Ese ko ibi bintu ni ukuri? Ni ugusebanya? Cyangwa ni promotion bashaka? Dore uko bamwe babibona ndetse na ba nyiri ubwite icyo babivugaho.



  • Abana barabyinnye karahava batahana DC ya alubumu

    Chrispin yamuritse alumubu ye “Adieu l’Afrique Shida”

    Umuhanzi Chrispin yashyize ahagaragara alubumu ye “Adieu l’Afrique Shida” tariki 11/03/2012 muri Serana Hotel. Nubwo haje abantu bacye, Chrispin yatangaje ko bimushimishije kandi ko yumva intego ye yayigezeho 50%.



  • Abahanzi bazaririmba muri Salax Awards bamenyekanye

    Abazitabira ibirori bya Salax Awards 2011 bazataramirwa n’abahanzi batandukanye baba aba hano mu Rwanda ndetse n’abo hanze. Dore urutonde n’indirimbo buri muhanzi azaririmbira abazaba bitabiriye ibirori; nk’uko tubikesha Ikirezi Group.



  • Producer Naason yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukorera muri Bridge Records

    Bridge Records yasinyanye amasezerano y’imyaka ibiri na Producer Naason usanzwe umenyerewe mu gutunganya umuziki Nyarwanda. Yiyongereye kuri Producer Junior na Producer Kabano, nabo baje mu rwego rwo kunoza imikorere y’iyi studio muri uyu mwaka.



  • Meddy arateganya kuza mu Rwanda vuba aha

    Umuhanzi Ngabo Medard uzwi ku izina rya Meddy ubu uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aratangaza ko akumbuye u Rwanda ndetse n’abafana be ku buryo ashaka kugaruka mu Rwanda agakoresha igitaramo.



  • Dream Boys yerekeje mu gihugu cya Uganda mu gitaramo cya "Uganda Night"

    Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 02/03/2012, itsinda rya Dream Boys ryahagurutse i Kigali ryerekeza muri Uganda, aho rizagaragara mu gitaramo cya “Uganda Night” no gukora indirimbo zizagaragara kuri Album yabo ya Gatatu.



  • Emmy arateganya gukora amashusho y’indirimbo “Ese Uri nde?”

    Nubwo ari mu marushanywa ya PGGSS II na Salax Awards, umuhanzi Emmy ntibimubuza gutegura amwe mu mashusho y’indirimbo ziri kuri alubumu azamurikira abakunzi muri uyu mwaka.



  • Gutora abahanzi bazahatanira PGGSS II bizatangira tariki 20/02/2012

    Igikorwa cyo gutora abahanzi 10 bazahatanira PGGSS II kizatangira kuri uyu wa mbere tariki 20/02/2012 kirangire tariki 14/03/2012. Abazaza mu icumi ba mbere baza tangazwa tariki 17/03/2012 muri Serena Hotel i Kigali.



  • KGB yagarutse muri muzika

    Nyuma y’igihe kirekire cyane itsinda KGB (Kigali Boyz) ritagaragara mu ruhando rwa Muzika, ubu ryagarutse.



  • Miss Jojo azamurika alubumu ye yise “Woman”

    Umuhanzikazi, Josiane Uwineza, uzwi ku izina rya Miss Jojo, aritegura gushyira ahagaragara alubumu ye nshya yitwa woman ku itariki 09/03/2012 haraye habaye umunsi w’abagore.



  • Kitoko yagaragaye mu nama yahuje Bralirwa n

    Kwitabirwa PGGSS II kwa Kitoko bikomeje kuba urujijo

    Mu gihe umuhanzi Kitoko Bibarwa yari yemeje ko yisubiyeho azitabira amarushanwa ya Primus Guma Guma Super Star season 2 yongeye kwemeza ko atazayitabira. Yemeye ko yavuze ko azitabira iri rushanwa ariko ngo yari atarabona amasezerano. Ntabwo yabashije kutubwira icyo yagaye mu masezerano.



  • Ibihembo bizahabwa abahanzi 10 bazahatana muri PGGSS II byamenyekanye

    Abahanzi 10 bazatoranwa ngo barushanwe muri Primus Guma Guma Super Star season 2 (PGGSS II) bazahita bahabwa amafaranga ibihumbi 500 ako kanya kandi buri kwezi bajye bahabwa miliyoni imwe mu gihe cy’amezi ane bazamara muri iri rushanwa.



  • Kitoko ntazitabira PGGSS season 2

    Kitoko yagiriwe ikizere cyo gutorwa mu bahanzi 20 bazatorwamo icumi bazahatana muri PGGSS season 2 ariko nk’uko ubushize byagenze, uyu mwaka nabwo ntazitabira aya marushanwa.



  • Ubwo yahamagarwaga muri PGGSS tariki 03/02/2012 ibyishimo byari byose.

    Danny Nanone yatunguwe no kuba yarahamagawe muri PGGSS season 2

    Ubwo batangazaga amazina y’abahanzi 20 bazatorwamo icumi bazahatanira gutsindira PGGSS season 2, abantu benshi batunguwe no kumvamo Danny Nanone ariko sio bonyine kuko nawe ubwe byamutunguye.



  • Abahanzi 20 bazatoranywamo 10 bazitabira PGGSS season 2 bamenyekanye

    Ku mugoroba wa tariki 03/02/2012 muri Serena Hotel, hashyizwe ahagaragara urutonde rw’abahanzi 20 bazatoranywamo 10 bazitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star (PGGSS) season 2.



  • Claude ateruye umwana we Liam

    Jean Claude Ndayishimiye yibarutse umwana w’umuhungu

    Umuhanzi, umunyamakuru akaba n’umunyamideli, Claude Ndayishimiye, n’umufasha we Courtney Alisha Cole bibarutse umwana w’umuhungu mu bitaro bya Example Good Samarithan mu mujyi wa Denver muri Colorado muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika tariki 01/02/2012.



  • Rafiki avuga ko muri PGGSS season 2 hari ibyakosowe ku buryo izagenda neza

    Nyuma yo kutishimira uko Primus Guma Guma Super Star (PGGSS) y’umwaka ushize yagenze, umuhanzi Rafiki aravuga ko iy’uyu mwaka hari byinshi byakosowe ku buryo yumva nta kabuza izagenda neza.



Izindi nkuru: