My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1429 )

Mutubarize ushinzwe minisante mugihugu kobirukana abafite A2 ngobarashaka aba A0 cg A1 urwanda rufite ubushobozi bwokujyabahemba abobantu,ariko bazibukeko nufite iyo leve yabanje A2 Natwe nibaduhe agacirokacudufite,murakoze.

Etienne hategekimana(Nyamasheke,shangi,burimba,busangati.) yanditse ku itariki ya: 25-01-2015  →  Musubize

Amahoro ! Ibiganiro by’iyi radio rwose biratunyura.Turabashimiye cyane.

venuste N yanditse ku itariki ya: 23-01-2015  →  Musubize

Mwaramutse,Mumurenge Wa Gikomero Akarere Ka Gasabo Umubyeyi Yimye Umwana We Ibikoresho By’ishuri Ngo Nareke Kwiga Ati"nabatarize Bariho"

Nzawallah yanditse ku itariki ya: 23-01-2015  →  Musubize

Turabashimira Kubw’amakurumeza Mutugezaho Ariko Mujyemunadusura Nyamasheke

Nsabimana Samuel yanditse ku itariki ya: 23-01-2015  →  Musubize

mwaramunse muzatubarize impamvu banshyizeho irondo ryumwu ga nonese umusilikare azarara hanze umu porisi ararehanze numuturange ararehanze ubwose ninde uzarara munzu ?

japheti yanditse ku itariki ya: 21-01-2015  →  Musubize

Turabashimiye Muri Abagaciro Murakoze

Bategejo Thacien yanditse ku itariki ya: 16-01-2015  →  Musubize

nwaramu ndashima abanyamakuru banyu kuko batungeraho tukababwira ibitekerezo byacu

ni japheti yanditse ku itariki ya: 13-01-2015  →  Musubize

KABISA TURASHIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE KA BURERA KUBUFASHA BAHAYE IMIRYANGO YAHUTARIYE MURI RWA RUSENGERO RWAGUYE KUBANTU MUGAHUNGA-BURERA NDETSE N’IBINDI BYOSE BADAHWEMA GUKORERA ABATURAGE BURI MUNSI.

Alias GITEPHANO yanditse ku itariki ya: 12-01-2015  →  Musubize

KABISA TURASHIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE KA BURERA KUBUFASHA BAHAYE IMIRYANGO YAHUTARIYE MURI RWA RUSENGERO RWAGUYE KUBANTU MUGAHUNGA-BURERA NDETSE N’IBINDI BYOSE BADAHWEMA GUKORERA ABATURAGE BURI MUNSI.

Alias GITEPHANO yanditse ku itariki ya: 12-01-2015  →  Musubize

mwaramutse mutungezaho amakurumeza ni japheti

bikorimana yanditse ku itariki ya: 12-01-2015  →  Musubize

Nangenshimiye,abobayobozi,arikonibabishoboka Mubadusabirebegere,abaturage , Murakoze.

Habanabashaka , Emmy yanditse ku itariki ya: 8-01-2015  →  Musubize

mwaza tubwiye kuri kicukiro cg kagarama muzaba mukoze

Uwineza Cocos yanditse ku itariki ya: 8-01-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka