My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1429 )
Ohereza igitekerezo
|
|
ndasaba ko mwazashyiraho mwazateza imbere ikoranabuhanga ryo mucyaro
jyewe ndasaba reta koya twubakira imiyanda yibitaka vuba kuko ibitaka bitumereye nabipe ndi kuri mirongo ine muri rwezamenyo
kigali to day ndabashimira amakuru mutugezaha murakoze
Nibyiza cyanerwose amashanyarazi atumyemye benshi bakataza mu iterambere ubungubu business iyo ariyo yose iragenda bityo tukaba duknmeje gurhimira leta y’Urwanda ikomeje kutugezaho ibikorwa remezo nk’ibingbi TURABAKUNDA CYANE Thanks.
turabashimira kumakuru mutugezaho muturere tukaba twifuzagako nayo mumirenge mwajya muya duha
Abandika kurubuga bose bagakwiye kujya bandika ibifite ireme
ntakindi ndabashimira uburyo mutugezaho amakuru
mwaramutse ntangiye nshyimira kigali today, kudahwema kutugezaho amakuru yihuse mutubarize ibitaro bya nyagatare bigira toilet imwe nikigo nderabuzima cyaho.
Mu mbonezamikurire y’abana bato,hagomba gutegurwa neza ibiribwa bitera imbaraga,ibyubaka umubiri,ibirinda indwara .Umwana agomba gukoreshwa imitozo imufasha gukuza ibice bito n’ibinini by’umubiri,ibikuza ubwenge n’ibindi.
Mu mbonezamikurire y’abana bato,hagomba gutegurwa neza ibiribwa bitera imbaraga,ibyubaka umubiri,ibirinda indwara .Umwana agomba gukoreshwa imitozo imufasha gukuza ibice bito n’ibinini by’umubiri,ibikuza ubwenge n’ibindi.
Ibyinshi numvuse aribyizakuko biganisha kwiterambere ryugihugucyacu byumwihariko akarere kacukarusizi ariko ntacyo byababimaze mugihe ikirango kigihugu bamwe muritwe bakiba ese ubuturavahe tukajyahehe ? koko kera ngo batwitaga incutizurwanda nonetubaye abanzibarwo abobantu barabeshya bazafatwa so dukaze uburinzi amarondo akorwe kandinabayakora ducungane kuko birababaje bakurubacu !birababaza
nitwa nkurunziza michel nataye irangamuntu ariko ntabwo nzi nomero yayo,yatangiwe mukarere ka kirehe,gatore,nasabaga ko mwamfasha mukanyoherereza number yayo kuri iyi email([email protected])