My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1430 )

UMURENGE WA KIVUMU
AKAGARI KA KABUJENJE

UMUDUGUDU WA BITARE
Nyakubaha twe bwe abaturage bomu ribitare dufite ikibazo cyo kubura amazi nu muriro Mudufashe ba yobozi?

NIYOGISUBIZO FAUSTIN yanditse ku itariki ya: 1-07-2026  →  Musubize

Natwe nkurubyiruko dukwiye kwiyubakira urwanda ruzira amacakubiri gahunda ni ndumunyarwanda

Munyankindi yanditse ku itariki ya: 29-06-2026  →  Musubize

NI ANDRE MUKARERE ka RUTSIRO UMURENGE WA BONEZA UMUDUGUDU WA KAMUYAGA AKAGARI KA KABIHOGO MUTUVUGANIRE TUBONE AMAZI MEZA KU KOTUNYWA AMAMAZI TUDASHYE HASI AHUSANGA HARIMO IMYANDA MURAKOZE

Andre sebanani yanditse ku itariki ya: 20-06-2026  →  Musubize

ese u mushinga give directly murwanda ubu ugezehe??

alias yanditse ku itariki ya: 15-06-2026  →  Musubize

Kt turabakunda cyane kubwamakuru mutugezaha murakoze

Itangishka damien yanditse ku itariki ya: 11-06-2026  →  Musubize

Murakoze shaka ko mwadukorera ubuvugizi ikarama iyi mvuga ni iya huye bakatubakira isoko kuku ikarama hakorerw ubukerarugendo ahazwi nko kuntwebe yabasisi iryo soko ryadufasha kwiteza imbere nkurubyiruko

Niyonzima Moise yanditse ku itariki ya: 11-06-2026  →  Musubize

murakoze cyane kumakuru mutujyezaho arikose muri RUHANGO nta ma TVET yijyisha ubukanishi bwimodoka zamashanyarazi mutubwire kuko ayomakuru nayo aracyenewe. uhazi anyandicyire kuri gmail [email protected] murakoze

NIYONSHUTI SAMUEL yanditse ku itariki ya: 9-06-2026  →  Musubize

Mutubarize amakuru yumudugudu umwe mu kagari ka bukwashuri wasigaye udahawe umuriro

Alias yanditse ku itariki ya: 1-06-2026  →  Musubize

Turaba shimira cyane amakuru mutugezaho umunsi kuwundi nukuri murabo gushimwa muba mwahatubereye mukomeze kugubwaneza

Ntivuguruzwa vivence yanditse ku itariki ya: 22-05-2026  →  Musubize

Turaba shimira cyane amakuru mutugezaho umunsi kuwundi nukuri murabo gushimwa muba mwahatubereye mukomeze kugubwaneza.

Ntivuguruzwa vivence yanditse ku itariki ya: 22-05-2026  →  Musubize

Turabakunda ndi ngororero kaseke kabeza muburengerazubabwigihugumutubarize abayobozi tujya kudekarara ibyiciro byamitueli badusizemo bakadusiragiza ngo uwemerewe kujurira nuwo bahaye 20000 kumuntu umwe murakoze

Elias yanditse ku itariki ya: 20-05-2026  →  Musubize

Ni emmry ndi uganda Turama ko mutugezaho amakuru ashushe

Iradukunda emmanuel yanditse ku itariki ya: 11-05-2026  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka