My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1430 )
Ohereza igitekerezo
|
|
UMURENGE WA KIVUMU
AKAGARI KA KABUJENJE
UMUDUGUDU WA BITARE
Nyakubaha twe bwe abaturage bomu ribitare dufite ikibazo cyo kubura amazi nu muriro Mudufashe ba yobozi?
Natwe nkurubyiruko dukwiye kwiyubakira urwanda ruzira amacakubiri gahunda ni ndumunyarwanda
NI ANDRE MUKARERE ka RUTSIRO UMURENGE WA BONEZA UMUDUGUDU WA KAMUYAGA AKAGARI KA KABIHOGO MUTUVUGANIRE TUBONE AMAZI MEZA KU KOTUNYWA AMAMAZI TUDASHYE HASI AHUSANGA HARIMO IMYANDA MURAKOZE
ese u mushinga give directly murwanda ubu ugezehe??
Kt turabakunda cyane kubwamakuru mutugezaha murakoze
Murakoze shaka ko mwadukorera ubuvugizi ikarama iyi mvuga ni iya huye bakatubakira isoko kuku ikarama hakorerw ubukerarugendo ahazwi nko kuntwebe yabasisi iryo soko ryadufasha kwiteza imbere nkurubyiruko
murakoze cyane kumakuru mutujyezaho arikose muri RUHANGO nta ma TVET yijyisha ubukanishi bwimodoka zamashanyarazi mutubwire kuko ayomakuru nayo aracyenewe. uhazi anyandicyire kuri gmail [email protected] murakoze
Mutubarize amakuru yumudugudu umwe mu kagari ka bukwashuri wasigaye udahawe umuriro
Turaba shimira cyane amakuru mutugezaho umunsi kuwundi nukuri murabo gushimwa muba mwahatubereye mukomeze kugubwaneza
Turaba shimira cyane amakuru mutugezaho umunsi kuwundi nukuri murabo gushimwa muba mwahatubereye mukomeze kugubwaneza.
Turabakunda ndi ngororero kaseke kabeza muburengerazubabwigihugumutubarize abayobozi tujya kudekarara ibyiciro byamitueli badusizemo bakadusiragiza ngo uwemerewe kujurira nuwo bahaye 20000 kumuntu umwe murakoze
Ni emmry ndi uganda Turama ko mutugezaho amakuru ashushe