My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1424 )

Ndabashimiye amakuru mutugezaho

Cyuzuzo jackson yanditse ku itariki ya: 11-03-2026  →  Musubize

mim naish tanzania mukoa kagel murakoz kudushikiriz vyish ndaramuts mwenac arah mubugeser yitw nitegek mwen ntigurigw kwl murakoz

nsengiyumva renad josph yanditse ku itariki ya: 10-03-2026  →  Musubize

ego kwl birakwiy kopolic yurwand yokongez inguv kwivyobisamb vyirigw vyib ibitungw vyaband noguteger abant mumayir

bizumuremyi yanditse ku itariki ya: 10-03-2026  →  Musubize

Mwiriwe neza mvuka burera gitovu ubundi mubuganda ahitwa cyankwanzi dukunda amakuru meza mutugezaho kandi kugihe kandi ateguranwe ubuhanga ndetse ateguranya ubuhanga nubushobozi tubagara nyo

Maniragaba elisee yanditse ku itariki ya: 5-03-2026  →  Musubize

Murahoneza ikarongi turabakurikiye dukunda amakuru mudahwema kutugezaho murakoze

uwagirimana yanditse ku itariki ya: 26-02-2026  →  Musubize

Murakoze kutugezaho amakuru yose nitwa irinatwe innocent kuva mubutete gisovu izi saha ndimuyuganda ndabakunda cyane nsuhuje kaka wanjye witwa donatha nabandi bose abanzi murakoze.

Irinatwe innocent yanditse ku itariki ya: 23-02-2026  →  Musubize

Ndifuza kuba muri AERG YO kurubuga tugafatanya kurwanya abapfobya igenga bitekerezo ya jenocide.muhire blaise niga S3A G.S Muyange murakoze

BLAISE MUHIRE yanditse ku itariki ya: 22-02-2026  →  Musubize

Ndifuza kuba muri AERG YO kurubuga tugafatanya kurwanya abapfobya igenga bitekerezo ya jenocide.muhire blaise niga S3A G.S Muyange murakoze

BLAISE MUHIRE yanditse ku itariki ya: 22-02-2026  →  Musubize

Ndifuza kuba muri AERG YO kwikoranabuhanga.dufatanye kurwanya afapfobya igenga bitekerezo ya jenocide.ni muhire blaise G.S Muyange night. S3A

BLAISE MUHIRE yanditse ku itariki ya: 22-02-2026  →  Musubize

Turabakunda kumakurumu turyezaho murakoze.

iradukunda eugene yanditse ku itariki ya: 16-02-2026  →  Musubize

Murakoze , ndi umu Software developer , nkunda kubakurikirana , Nkaba mfite ideas mkakongeramo kugirango byogere umusaruro, Murakoze

Guillaume Emmellien yanditse ku itariki ya: 4-02-2026  →  Musubize

Kumenyera amakuru kugihe yimyanya yakazi kugihe

Nsengimana Elissa yanditse ku itariki ya: 3-02-2026  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka