My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1424 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ndabashimiye amakuru mutugezaho
mim naish tanzania mukoa kagel murakoz kudushikiriz vyish ndaramuts mwenac arah mubugeser yitw nitegek mwen ntigurigw kwl murakoz
ego kwl birakwiy kopolic yurwand yokongez inguv kwivyobisamb vyirigw vyib ibitungw vyaband noguteger abant mumayir
Mwiriwe neza mvuka burera gitovu ubundi mubuganda ahitwa cyankwanzi dukunda amakuru meza mutugezaho kandi kugihe kandi ateguranwe ubuhanga ndetse ateguranya ubuhanga nubushobozi tubagara nyo
Murahoneza ikarongi turabakurikiye dukunda amakuru mudahwema kutugezaho murakoze
Murakoze kutugezaho amakuru yose nitwa irinatwe innocent kuva mubutete gisovu izi saha ndimuyuganda ndabakunda cyane nsuhuje kaka wanjye witwa donatha nabandi bose abanzi murakoze.
Ndifuza kuba muri AERG YO kurubuga tugafatanya kurwanya abapfobya igenga bitekerezo ya jenocide.muhire blaise niga S3A G.S Muyange murakoze
Ndifuza kuba muri AERG YO kurubuga tugafatanya kurwanya abapfobya igenga bitekerezo ya jenocide.muhire blaise niga S3A G.S Muyange murakoze
Ndifuza kuba muri AERG YO kwikoranabuhanga.dufatanye kurwanya afapfobya igenga bitekerezo ya jenocide.ni muhire blaise G.S Muyange night. S3A
Turabakunda kumakurumu turyezaho murakoze.
Murakoze , ndi umu Software developer , nkunda kubakurikirana , Nkaba mfite ideas mkakongeramo kugirango byogere umusaruro, Murakoze
Kumenyera amakuru kugihe yimyanya yakazi kugihe