My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1426 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Murakoze , ndi umu Software developer , nkunda kubakurikirana , Nkaba mfite ideas mkakongeramo kugirango byogere umusaruro, Murakoze
Kumenyera amakuru kugihe yimyanya yakazi kugihe
NI Tuganeyezu Emmanuel G.s nyarusange S3c dushima amakuru mutugezaho
Ok kigali today, muraho?ndabakunda cyane kbs mugiramahoro yanyagasani.
NDUMVA MWATUVUGANIRA ABANTU BICA ABANTU BAKANABASHINYAGURIRA NABO BAJYA BABICA
MWIRIWE NEZA DUKUNDA AMAKURU MUTUGEZAHO
dukunda amakuru mudahwema kutugezaho
mwiriwe hano rugendabali muhanga ruswa muri gahunda yagirinka za RDDPll abaturage barumiwepe aho burimuntu wahawe inka yatanze ikiziriko cya 30k ntibyoroshye.
NTABWO BIRI GUFUNGUKA
Wamaye igitabo
Nubwambere mbakurikiye
Ariko ndabishimiye cyane
Kandi mpise mbakunda
Ni Alexis (s3) Gs Nyarubuye turabakunda cyane.