My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1423 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Muraho nitwa Emmanuel. nabazaga ese inama njyanama y’umugi wa kigali haba hari igihe kizwi kidahinduka iteranira?
TULABASHIMILA KUNKULU MUTUGEZAHO MULAKOZECYANE!
twibuke twiyubaka kunshuro 32
Twibuketwiyubakajenosideyakorewe.abatutsi(1994)twibuketwiyubaka
GUTERA IMBERE
Dukomeze kw’ibuka twiyubaka
Twibuke tw’iyubaka
Nitwa ntwali Joseph mvuka mukarere ka nyanza.nifuzaga KO mwakurikirana ikibazo cya aborozi b’inka bo mumirenge ya nyagisozi bagemura Amata nti ishyurwe
Snhima ibyizabyurwanda snhimaperezida wurwanda yaduhaye iterabmere ryiza
Akarere ka gakenke ndagashima
Gakenke ndabashimira kubyiza batugezah
Ndabashimiye amakuru mutugezaho