My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1423 )

Muraho nitwa Emmanuel. nabazaga ese inama njyanama y’umugi wa kigali haba hari igihe kizwi kidahinduka iteranira?

Emmanuel yanditse ku itariki ya: 28-04-2026  →  Musubize

TULABASHIMILA KUNKULU MUTUGEZAHO MULAKOZECYANE!

RWIBUTSO Jean bosco yanditse ku itariki ya: 27-04-2026  →  Musubize

twibuke twiyubaka kunshuro 32

TWAGIRAYEZU yanditse ku itariki ya: 23-04-2026  →  Musubize

Twibuketwiyubakajenosideyakorewe.abatutsi(1994)twibuketwiyubaka

Muhoza.eldephonsi yanditse ku itariki ya: 15-04-2026  →  Musubize

GUTERA IMBERE

JACKSON yanditse ku itariki ya: 15-04-2026  →  Musubize

Dukomeze kw’ibuka twiyubaka

Marcel yanditse ku itariki ya: 7-04-2026  →  Musubize

Twibuke tw’iyubaka

Marcel yanditse ku itariki ya: 7-04-2026  →  Musubize

Nitwa ntwali Joseph mvuka mukarere ka nyanza.nifuzaga KO mwakurikirana ikibazo cya aborozi b’inka bo mumirenge ya nyagisozi bagemura Amata nti ishyurwe

Ntwali joseph yanditse ku itariki ya: 30-03-2026  →  Musubize

Snhima ibyizabyurwanda snhimaperezida wurwanda yaduhaye iterabmere ryiza

Habana wakizetomasi yanditse ku itariki ya: 29-03-2026  →  Musubize

Akarere ka gakenke ndagashima

Nshimyumuremyi dismas yanditse ku itariki ya: 28-03-2026  →  Musubize

Gakenke ndabashimira kubyiza batugezah

Nshimyumuremyi dismas yanditse ku itariki ya: 28-03-2026  →  Musubize

Ndabashimiye amakuru mutugezaho

Cyuzuzo jackson yanditse ku itariki ya: 11-03-2026  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka